Buri gitondo kijye kiba umuhamya w`urukundo rwacu – Amagmabo y’urukundo wabwira umukunzi wawe mu gitondo akirirwa agutekereza
•
Rukundo rwanjye, nkoherereje iyi ndamutso ikikijwe n`uturabo 1000 dufite amabara igihumbi kugirango mbone uko nkwifuriza umunsi muhire n`ubuzima bwiza. . Amagambo y’urukundo aryohera umukunzi mu gitondo . Imitoma ya mu gitondo iyo uyibwiye umukunzi yirirwa agutekerezaho . Uko wasuhuza umukunzi wawe mu gitondo 💋Ijoro rirakeye, isi itangiye urugendo rwayo, imigezi nayo ikomeje inzira zayo.…
Volleyball: U Rwanda rwarezwe gukinisha abakinnyi badafite ibyangombwa mu ikipe y’igihugu y’abagore
•
Umukino w’ u Rwanda na Senegal mu gikombe cya Afurika cya Volleyball mu bagore,wari uteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane saa 18:00 wasubitswe nyuma y’uko Morocco ireze u Rwanda ko rwakinishije abakinnyi bakomoka muri Brazil, kandi barakiniye icyo gihugu bavukamo. . Umukino wagombaga guhuza u Rwanda na Senegal wasubitswe . U Rwanda rwarezwe…
Gen. Milley yisobanuye ku bugambanyi ashinjwa bwo guca inyuma Donald Trump yafataga nk’umusazi nyuma yo gutsindwa amatora
•
Umugaba w’ingabo za USA, Gen. Milley, yisobanuye ku makuru yasohotse mu gitabo kiswe “Peril – Akaga gakomeye” avuga ko yagiranye ibiganiro rwihishwa n’umugaba mukuru w’ingabo z’Ubushinnwa, Gen. Li Zuocheng. Ubwo Donald Trump yatsindwaga amatora yegukanwe na Joe Bidden, benshi batangiye gukemanga imyitwarire ye cyane cyane ubwo yahakanaga ibyavuye mu matora ndetse bikaza gutuma inyubako ikoreramo…
Abakobwa banjye bari bagiye kunyica ntagejeje imyaka 100 – Perezida Museveni
•
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko yizeye kuzageza ku myaka 100, nyuma y’uko abakobwa be avuga ko bari bagiye gutuma atayigezaho bisubiyeho bakareka kotsa imisatsi yabo. . Perezida Museveni yizihije isabukuru y’imyaka 77 . Museveni yavuze ko yizeye kugira imyaka 100 . Perezida Museveni arabura imyaka 23 gusa ngo yuzuze imyaka…
Ibitabo by’amashuri abanza byatwaye leta hafi miliyari 2Rwf bigiye gupfa ubusa – PAC
•
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yo mu 2019/2020 igaragaza ko ibitabo by’Imibare byanditswe mu rurimi rw’Ikinyarwanda, byatwaye Leta amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari 1.8 bizapfa ubusa. Byatangajwe na komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, PAC, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021, ubwo yasobanuzaga ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza…
Kigali: Jay Polly yitiriwe umwe mu mihanda yo mu mugi wa Kigali
•
Umuhanda wo muri Kigali abantu benshi batangiye kuwitirira Jay Polly umaze iminsi yitabye Imana nyuma y’igishushanyo kinini umunyabugeni witwa Rwigema Abdul yahashushanyije cy’ifoto y’uyu muraperi utazibagirana mu mitima ya benshi. . Jay Polly yakorewe igishushanyo cyatumye yitirirwa umuhanda kiriho . Rwigema Abdul yashushinye Jay Polly . Jay Polly yatangiye kwitirirwa umuhanda Nyuma…