Kigali: Umusore yiyahuriye ku nyubako iri mu mu rwagati – AMAFOTO
•
Umugabo utaremenyekana imyirondoro yiyahuriye ku nyubako ya La Bonne Adresse iherereye mu mujyi rwagati, aho bivugwa ko yasimbutse iyi nyubaho ahagana saa yine zo kuri uyu wa Kane tariki 16 Nzeri 2021, agwa ku mudoka, aranegekara cyane ahita ajyanywa kwa muganga. Amakuru avuga ko uyu mugabo witwa Mutabazi [amazina ye yose ntaramenyekana] yabanje…
Leta zunze ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu 2 bikomeye ku isi byasinye amasezerano yo guhangana n’ubushinwa
•
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n’Ubushinwa. . Amerika yifatanyije n’Ubwongereza ndetse na Australia ngo bihangane n’Ubushinwa . Amerika na Australia ndetse n’Ubwongereza bagiye gutangira kubaka amato agenda munsi y’amazi Ubu bufatanye buzatuma ku…
Meddy yahishuye ingorane yahuye na zo ubwo yateretaga umugore we Mimi
•
Umuhanzi Ngabo Medard uzwi cyane ku izina rya Meddy yatangiye gutambutsa inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Mimi Mehfira bamaze imyaka 5 bakundana ndetse bakaba baheruka no kurushinga. . Inkuru y’urukundo rwa Meddy na Mimi . Meddy yahishuye uburyo yatangiye gutereta Mimi n’ingorane yahuye na zo Abinyujije ku rukuta rwe rwa You Tube,…
Abakobwa: Amagambo meza 7 y’urukundo yagufasha kwigarurira umutima w’umusore mukundana bikoroheye
•
Ubundi buri mugabo aho ava akagera akunda umugore umwitaho ndetse akagerageza no kumumenyereza kuzajya amubwira amagambo aryohereye ku buryo amunyura ndetse akamukora ku mutima kuko bimwereka ko umugore we akimukunda nkuko byari bimeze mbere yuko babana. Amagambo 7 meza y’urukundo umugabo yifuza guhora yumva abwirwa n’umugore we: 1. Ni wowe kiroto cyajye…
“Mwagiye mutwika munazimya?” Ingabire Marie Immaculée yahanuye ibyamamare birimo Shaddyboo na Bruce Melody
•
Madamu Ingabire Marie Immaculée uyobora umuryango urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda), ubwo yari imbere y’ibyamamare birimo Shaddyboo, Bruce Melodie, Intore Masamba n’abandi, yifashishije ijambo ‘gutwika’ riharawe n’urubyiruko araruhanura bya kibyeyi arwibutsa ko rukwiye gutwika ariko runazimya. . Ingabire Marie Immaculee uhagarariye Transparency Internation Rwanda yasabye urubyiruko gutwika runazimye kugirango ejo rutazashya .…
EUFA Champions League: Messi bikomeje kwanga, Real Madrid na Liverpool zabonye amanota ya mbere bigoranye-AMAFOTO
•
Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nzeri 2021 hakinwe imikino ya EUFA Champions League kuva mu itsinda rya mbere kugera mu itsinda rya Kane. . Lionel Messi yananiwe gutsina mu mukino wa mbere yakinnyemo iminota 90 . PSG ya Lionel Messi yananiwe gutsinda Club Brugge n’ubwo yari yitabaje ibihangange byayo byose . Kyllian…