Uko amapeti 16 y’igisirikare cy’u Rwanda arutanwa ndetse n’ibirango byayo
•
Mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo Impeta [amapeti] 16 zihabwa abasirikare baba baragikoreye ibikorwa by’indashyikirwa bitandukanye. . Uko amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda akurikirana . Ibirango bikoreshwa ku mapeti y’ingabo z’u Rwanda Ni byinshi bigenderwaho abasirikare bahabwa amapeti, gusa iby’ingenzi harimo kugaragaza ubumyamwuga mu kazi, kurangwa n’ikinyabupfura ndetse no gukora ibikorwa by’indashyikirwa bihesha…
Bobi wine yaburiye Perezida Museveni ko ashobora kuvaho nka Omar Al-Bashir cyangwa Alpha Conde
•
Kuri uyu wa kabiri, perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi (NUP), Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yagize ati: ” Ni ikibazo cy’igihe gusa kandi Perezida Museveni azarangirira mu mwanda w’amateka. “ Bobi Wine, wavuganaga n’umunyamakuru Marc Perelman wa France24 ari muri Afurika y’Epfo, yavuze ko Perezida Museveni ari mu nzira yo kuzarangira…
Hahishuwe uko Perezida Donald Trump yaba yari agiye gutera Ubushinwa. Gen. Milley wagerageje guhagarika iyi ntambara arasabirwa ibihano
•
Kubera gutinya guhubuka kwa Perezida Donald Trump mu gihe manda ye yari irimo kugera ku musozo, Umugaba Mukuru w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye kuri telephone, ku itariki ya 30 Ukwakira n’itariki ya 8 Mutarama, mugenzi we w’u Bushinwa amwizeza ko Amerika itazatera u Bushinwa nk’uko byahishuwe mu gitabo “Peril”, ugenekereje mu…
Nicki Minaj yanze kwikingiza covid-19 kubera ko uwo baziranye warwiteje rwamukoreye ibya mfura mbi
•
Umuhanzikazi Nicki Minaj wo muri Amerika, wamamaye mu njyana ya Rap na Pop yavuze ko adashaka gukingirwa mbere yo gukora ubushakashatsi mu butumwa yatanze ku rubuga rwe rwa Twitter, ku ya 14 Nzeri 2021. . Nicki Minaj yavuze ko azikingiza nyuma yo gukora ubushakashatsi . Nicki Minaj yavuze ko incuti ya mubyara we yabaye…
Reba ikintu gikomeye Cristiano Ronaldo yakoreye umugore ucunga umutekano ku kibuga yashose umupira akitura hasi – AMAFOTO
•
Rutahizamu wa Manchester United, Cristiano Ronaldo,yateye ishoti rikomeye hanze atabishaka rikubita umugore wacungaga umutekano kuri stade ahita yikubita hasi ubwo we na bagenzi be barimo kwishyushya mbere y’umukino. . Cristiano Ronaldo yahaye umupira yari yambaye umugore yashose akitura hasi . Umugore yagaragaye ari mu byishimo byinshi nyuma yo guhabwa umupira na Cristiano Ronadlo…
Lt. Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni yavuze ko nta munsi byamutwara ngo abe yashyize ku murongo abasirikare bamenze nk’aba Guinea
•
Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yavuze ko babasha gushyira ku murongo abasirikare bameze nk’abo muri Guinée Conakry baherutse guhirika Alpha Condé ku butegetsi. Gen. Kainerugaba mu butumwa yatambukije kuri Twitter kuri uyu wa 14 Nzeri 2021, yavuze ko Perezida Museveni abibasabye, ibi…