Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore impamvu 3 zishobora gutuma umukunzi wawe agutendekeraho abandi

    Ni kenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma, nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugira ngo bibabeho. Ni byinshi byagiye bigaragara bituma bamwe mu bakundana bacana inyuma, gusa hari ibintu 3 biza ku isonga: 1. Gushaka ibyamirenge (ibintu na mafaranga) Abenshi hari igihe baba bafite abakunzi…

  • Ibyihariye kuri Gracie Bon uri mu bafite ibibuno binini ku Isi – AMAFOTO

    Gracie Bon, ni rimwe mu mazina azwi cyane mu mideli kandi akunda kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ubunini budasanzwe bw’uyu mukobwa ukomoka muri Panama. Gracie Bon wabonye izuba mu 1994 kuri ubu akaba yitegura kuzuza imyaka 30 y’amavuko, ni umukobwa udasanzwe, umaze kugera kuri byinshi, kandi ukunzwe na benshi bitewe ahanini n’imitere ye n’uburyo…

  • Umushabitsi Nzizera wigeze kurebana ay’ingwe na Mulindahabi Irene ndetse n’umunyamakuru Manirakiza, yatawe muri yombi

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwafunze rwiyemezamirimo Nzizera Aimable, tariki 05 Kamena 2024, kubera ibyaha bibiri akekwaho. Rwiyemezamirimo Nzizera Aimable usanzwe ari n’umuyobozi wa ‘Rwanda Gospel Stars Live’, akanakora mu bushabitsi butandukanye burimo ubwubatsi, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo gukoresha inyandiko itavugisha ukuri no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Umuvugizi wa RIB,…

  • Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana

    Umunya-Serbia Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino. APR FC ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko iratangaza umutoza vuba aho amakuru yahise ahwihwiswa ko ari uyu munya Libya. Amakuru avuga ko APR FC yamaze guhitamo Umunya-Serbia Darko Nović ngo abe ari we…

  • Umukinnyi Rayon Sports yifuzaga cyane yayiciye mu myanya y’intoki kubera kwikopesha

    Ikipe ya Mukura Victory Sports yateye Rayon Sports gapapu ikomeye ku murundi witwa Fred Niyonizeye, wari wumvikanye byose na Murera ariko ikamusaba ideni. Miliyoni 17 FRW nizo Rayon Sports yifuzaga guha uyu mukinnyi ariko mu byiciro, mugihe uyu musore yemereye Mukura kuyisinyira kuri miliyoni 15 FRW igahita iyamuha. Uyu musore wari kapiteni w’ikipe ya…

  • M23 yashyizeho abayobozi ba Diaspora yayo

    Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu Banyekongo bo muri Diyasipora,uwo akaba ari Manzi Willy. Ibi byatangaje kuri uyu wa Mbere, tariki 10 Kamena 2024,mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa. Iri tangazo rivuga ko iki cyemezo gishingiye ku nshingano za Perezida wa M23 yemererwa n’icyemezo gifite…