Umuhanzi yakoze agashya yitezaho imisatsi ya zahabu umutwe wose – AMAFOTO
•
Umuhanzi w’umunyamerika witwa Dan Sur, yakoze agashya aba umuntu wa mbere wasimbuje imisatsi yo ku mutwe we amasheni ya zahabu mu rwego rwo kwirimbisha. . Umuhanzi yitejeho imisatsi ya zahabu kugirango ase neza . Umuhanzi yikuyeho imisatsi ye yitezaho iminyururu ya zahabu Uyu muhanzi mu njyana ya reggaeton na rap w’imyaka 23…
Ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda by’ukuri gusa. Niba utabibona ku wawe umenye ko akuryarya
•
Abasore benshi bibaza ibimenyetso bareberaho niba umukobwa bakundana abakunda bya nyabyo. Kandi ni koko kuko ushobora gushidikanya cyangwa kutabasha kumenya umukobwa ugukunda by’ukuri bigatuma umubura kandi nawe wamukundaga. . Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri . Niba umukobwa mukundana akora ibi bintu menya ko agukunda bya nyabyo . Ibi ni bimwe mu byakugaragariza…
Ibintu 5 wakora bikagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akagukunda akakwimariramo wese
•
Ese ni icyi cyatuma umukobwa akwimariramo wese, akaguha urukundo rukomeye ndetse ukaruta abandi bose yaba yarabonye mubuzima bwe. Igitsinagore ntabwo gikururwa cyane n’ibintu umutu atuze cyangwa akoresha harimo nk’amafaranga, imodoka, inzu ndetse n’ibindi kubera ibyo utunze ntibyatuma yiyumvamo urukundo rwawe. Gusa bituma akwitondera cyane. Ibintu bituma ukokobwa agukunda n’umutima we wose ntibigurwa, ntibikorwa…
Cristiano Ronaldo yatangaje icyo abantu bakwiye kwitega nyuma yo gutsindira Manchester United ibitego 2 ku mukino wa mbere akinnye
•
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho uyu mukino warangiye Manchester united itsinze Newcastle ibitego 4-1. Nyuma y’uyu mukino Cristiano Ronaldo yavuze uko yiyumva muri iyi kipe. . Cristiano Ronaldo yatsindiye Manchester United ibitego 2 . Manchester United yatsinze Newcastle…
Igikakarubamba umuti uvura ukanarinda indwara nyinshi. Byinshi utamenye kuri cyo
•
Ibyiza by’igikakarubamba ntiwabivuga ngo ubirangize kuko ni byinshi. Ni mu gihe kuko kirimo ibinyabutabire byinshi byemejwe n’ubushakashatsi bunyuranye ko ari imiti. Mu byo kivura twavugamo gufasha igogorwa, kongera ubudahangarwa, kurinda gusaza, kuvura indwara z’uruhu, koroshya imihango, kuvura rubagimpande, kumisha ibisebe, kuvura isesemi, kurwanya diyabete, kurinda kanseri, gutuma imisatsi ikura neza, no kuvura ikirungurira. Ubushakashatsi…
Umunyamideri Sonia Mugabo yavuze YEGO ku mukunzi we wamusabye kumubera umugore
•
Sonia Mugabo ni umwe mubanyamideli babigize umwuga hano mu gihugu cy’u Rwanda ndetse akaba yambitswe impeta n’umukunzi we utarakunze kuvugwa mu itangazamakuru. . Sonia Mugabo yambitswe impeta n’umukunzi we Diego Twahirwa . Urukundo rwa Sonia Mugabo rwashyizwe ahagaragara nyuma yo kuvuga YEGO . Sonia Mugabo afite amaduka y’imyenda ahahirwamo n’abarimo umuryango wa Perezida…