Lantos nyuma yo gusabira Busingye ibihano, yasabye u Bwongereza kumwma uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki GIhugu
•
Umuryango Lantos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wigeze gusabira ibihano uwari Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Busingye Johnston umushinja uruhare rukomeye mu guta muri yombi Paul Rusesabagina mu buryo wise ‘kumushimuta’, wasabye u Bwongereza kumwanga nka Ambasaderi. . Lantos ikomeje gushinja Busingye uruhare mu cyo yita ishimutwa rya Rusesabagina . Lantos yasabiye…
Itsinda ry’abagore ryiyemeje kurimbura ubuhangange bwa Cristiano Ronaldo ryakoze igikorwa gikomeye ubwo Manchester United yakinaga na Newcastle
•
Icyapa kiriho inyandiko yo gushyigikira umugore ushinja kizigenza Cristiano Ronaldo ko yamusambanije ku ngufu cyacishijwe hejuru y’ikibuga Old Trafford mu gihe harimo haba umukino wa Manchester United na Newcastle. . Itsinda ry’abagore Level Up ryiyemeje gusenya ubwamamare bwa Cristiano Ronaldo . Ibirego bishinja Cristiano Ronaldo byingeye guhagurutswa . Cristiano Ronaldo yatsindiye Manchester United…
Cristiano Ronaldo yerekanye ko ari ntavogerwa mu mukino we wa mbere muri Manchester united
•
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho mbere gato yatangaje ko yiteguye bihagije kandi ikimuzanye ari ugutsinda ibitego akaba yabigaragaje. . Cristiano Ronaldo yatsindiye Manchester United ibitego 2 . Manchester United yatsinze Newcastle ibitego 4-1 . Cristiano Ronaldo yatangiye neza…
Cristiano Ronaldo yongeye guhigika bikomeye cyane mukeba we Lionel Messi. Reba ibintu akoreye Manchester United
•
Mu kibuga Cristiano Ronaldo na Messi bakunze guteranya abantu kubera ukuntu bitwara mu gutsinda ibitego no guhesha intsinzi mu makipe yabo gusa hanze y’ikibuga mu bucuruzi,Umunya Portugal aramurusha cyane ndetse kuri ubu mu gucuruza imyenda mu makipe mashya bagiyemo,uyu munyaportugal ahagaze neza cyane. Nubwo Cristiano Ronaldo ariwe wahinduye ikipe vuba mbere ya Lionel…
Abakobwa 2 b’uburanga basezeranye kubana akaramata batuma abantu bacika ururondogoro – Amafoto
•
Inkumi nziza zo muri Africa y’Epfo zakoze ubukwe ziyemeza kubana akaramata maze bivugisha benshi ku imbuga nkoranyambaga. Izi nkumi nziza zo muri Africa y’Epfo nyuma yo kumara igihe zikundana ziyemeje gukora ubukwe zikabana akaramata. Iby’izi nkumi byashyizwe hanze n’uwitwa Anele Mdoda wasangije rubanda ku mbuga nkoranyamgaba amafoto y’aba bakobwa babiri bakoze ubukwe atatangaje…
Uganda yatumiye u Rwanda mu nama yo kuganira ku mwuka mubi bifitanye, rurayihakanira
•
Guverinoma ya Uganda iheruka gutumira iy’u Rwanda mu nama yo kuganira no gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinwe muri 2019 yo kurangiza umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi rigeze. Uganda yatumiye u Rwanda binyuze mu ibaruwa yoherejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Gen Jeje Odongo, yakirwa na mugenzi we w’u Rwanda, Dr…