Abasore: Interuro 6 ubwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamurenga akaba yaguha ibyo atunze byose
•
Ururimi ni ingenzi cyane mu rukundo. Nk’ uko interuro mbi ituma umukunzi wawe akurakarira, ku rundi ruhande interuro nziza ituma umukunzi wawe amera nk’ umeze amababa iyo uyimubwiye. N’ubwo abakobwa badateye kimwe, hari interuro buri mukobwa wese akunda kubwirwa. Dore interuro/amagambo 6 wabwira umukobwa ibinezaneza bikamusaga: 1. Uri rukumbi kuri njye …
Burundi: Umukobwa yiyemeje guharikanwa na nyina nyuma y’uko abateranyije ubundi akifunga uyu musore wari kuba umukwe we
•
Urukundo rugana aho rushatse, bibaho ko umusore atereta umukobwa na Nyina, cyangwa se agatereta umwe undi akaziraho bikaba byafata indi ntera. Umukobwa wo mu gihugu cy’u Burundi ari mu gihirahiro, nyuma y’aho Nyina umubyara ashakanye n’umusore biteguraga kurushinga kuko yamurangayeho. Umuhanzi Akimana Espoir uzwi ku izina rya Akes Don uzwi mu Burundi, yakoze…
Amerika yakuye umusirikare wayo wa nyuma muri Afghanistan. Reba icyo bakoreye ibikoresho byabo bya gisirikare basize ku kibuga cy’indege
•
Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege n’imodoka z’intambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bw’iki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021. . Amerika yasoje intambara yayo muri Afganistan yari imaze imyaka 20 . Ingabo za…
Musanze: Umugabo Yishwe n’abagizi ba nabi bamuteze avuye guhahira umuryango
•
Umurambo w’uwitwa Hakuzimana Emmanuel w’imyaka 53 wari uzwi ku izina rya Kalinda wabonetse mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Busogo mu Kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Karema, nyuma yo kwicwa avuye gukorera amafaranga i Rubavu. Nyakwigendera Hakuzimana asanzwe atuye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Kintobo mu Kagari ka Rukondo mu…
Gisozi: Ikamyo yagwiriye inzu abantu 2 bahasiga ubuzima
•
Mu gicuku cyo kuri uyu wa 31 Kanama 2021, saa munani z’ijoro, ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, hepfo gato y’Ibiro by’Umurenge wa Gisozi, habereye impanuka y’ikamyo yari itwaye ibiti, yagwiriye inzu z’umucuruzi witwa Yvonne Mukeshimana iramuhitana. Inzu z’uwo mucuruzi zari ahitwa kuri Beretware mu ikorosi riri hepfo y’Umurenge wa Gisozi, zasenyutse burundu.…
Habonetse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwandura vuba cyane muri Afurika y’Epfo
•
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi. Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo ndetse bwabonetse no mu bihugu birindwi byo mu yindi migabane ya Asia, Ubulaya na…