Burundi: Uhagarariye u Rwanda yagaragaye atunguranye mu munsi mukuru w’imbonerakure, Perezida Ndayishimiye amuha ubutumwa bukomeye
•
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko iby’umubano w’igihugu cye n’u Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi w’Imbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28 Kanama 2021. Ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD (Imbonerakure Day) riri ku…
Amagambo y’incyuro ubwo Uganda yakiraga umurambo w’umucuruzi wiciwe mu Rwanda arashwe
•
Kuri uyu wa 29 Kanama 2021, Leta ya Uganda ihagarariwe na Nelson Nshangabasheija yakiriye umurambo wa Justus Kabagambe warasiwe n’abashinzwe umutekano b’u Rwanda mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, ku wa 18. Nshangabasheija usanzwe ari umwe mu bayobozi bakuru b’Akarere ka Kabale kegereye u Rwanda, nyuma yo kwakira uyu murambo, yahavugiye amagambo…
Umuhungu wa Joe Habineza yahishuye ikintu yakundaga gukora cyatumye bagira impungenge zikomeye ubwo yagirwaga Minisitiri ku ncuro ya mbere bibaza uko bizagenda nabikora ari kumwe na Perezida Kagame
•
Umwe mu bahungu ba nyakwigendera Amb. Joseph Habineza (Joe) witwa Jean Michel Habineza, avuga ko se yari wishimaga cyane ku buryo yakoraga ku wo bicaranye cyangwa akazamura amaguru mu kirere, ku buryo byabateye kwibaza ikizaba ubwo yari amaze kugirwa Minisitiri wa Siporo, nk’igihe yaba yicaranye na Perezida Kagame. Aya ni amwe mu magambo…
Umugore yatunguranye ahishura ukuntu yabyaranye abana 3 bose n’uwo bahoze bakundana kandi afite umugabo – Reba impamvu itangaje yabimuteye
•
Umugore wubatse wo muri Ghana yahishuye ko abana batatu bose afitanye n’umugabo we, atari we wababyaye, ko ahubwo babyaranye n’uwo bahoze bakundana kuko umugabo we ari mubi ku isura bikabije. Uyu mugore w’imyaka 34 avuga ku bubi bw’umugabo we babana muri iyi minsi, yavuze ko ” Ari mubi ku isura bikabije ku buryo atari…
Umuganga avuga ko yicuza kuba yarafashe urukingo rwa Covid-19. Iyumvire ibyamubayeho
•
Hasanzwe habaho impaka ku bijyanye n’inkingo za Covid-19 aho abazihabwa bemera ko zibongerera amahirwe yo kutazahazwa n’iyi virus igihe bayanduye naho abazirwanya bakemeza ko zizagira ingaruka zikomeye ku bazihawe ndetse ko nta n’ubushobozi bwo kurinda zifiite. Abakoze inkingo ndetse na za Leta zinyuranye bemeza ko abazihabwa baba bafite amahirwe yikubye incuro 20 yo kudapfa…
Ukuri kose: Umwarimu byakekwaga ko yiyahuye kubera umukobwa bakundana yabonetse ari muzima mu rugo rwa Uwamahoro Sara usanzwe ari incuti ye
•
Nyuma y’inkuru imaze iminsi y’uko umwarimu witwa kwihangana Eric w’imyaka 29, wigisha muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke yaketsweho kwiyahura kubera kubengwa n’umwarimukazi Mukabugingo Naome wigisha muri GS Mukoma mu murenge wa Nyabitekeri muri aka karere , bigashingirwa ku rwandiko benshi bavuze ko rukura umutima…