Senateri Evode yanenze ibyapa byo ku mihanda anagaruka kuri camera zihishwa
•
Senateri Uwizeyimana Evode avuga ko ibyaoa bigena umuvuduko w’ibinyabiziga ku mihanda mu Rwanda byashyizweho nabi ndetse bikwiye gukosoka bituma Minisitiri w’Intebe amwemerera ko bagiye gusuzuma iki kibazo. Ibi yabitangarije mu nteko ishinga amategeko ubwo bari bakiriye Minisitiri w’Intebe wabagezagaho raporo y’ibyagezweho muri gahunda y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere NST1. Senateri Evode Uwizeyimana avuga ko…
Putin yahishuye uko bagiye kwihimura ku banyaburayi na Amerika baherutse kwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya
•
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu cye gishobora guha intwaro ibihugu hagamijwe kurasa ku hantu ho mu bihugu byo mu burengerazuba bw’isi. Putin yabitangaje ubwo yanengaga ko uburengerazuba bwahaye Ukraine intwaro zirasa mu ntera ndende. Ibihugu byinshi birimo n’Amerika byahaye Ukraine uruhushya rwo kurasa imbere mu Burusiya. Putin yabwiye abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo…
Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko ukundana n’umusore w’ikigwari
•
Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya. Ijambo ikigwari rikoreshwa mu kugaragaza uwananiwe kuba intore no kwesa imihigo abigizemo uruhare, kubera kubura indangagaciro zimugenga mu buzima bwa buri munsi.Dore ibizakwereka ko umusore mukundana azagutenguha mu rushako: 1.…
Wari uzi ko kuruma umunwa wo hasi ari ikimenyetso gikomeye cy’ihungabana? Sobanukirwa
•
Umunwa ni inyama yoroshye cyane ku mubiri wa muntu benshi bakaba bagira akamenyero ko kuwuruma mu buryo batazi, nyamara bihuye cyane n’ibyo bari gucamo. Kuruma umunwa bishobora kuba ingeso ishobora kwitwa indwara bitewe no kubikora cyane bikagira ingaruka mu buryo bugaragara no mu buryo butagaragarira amaso y’abantu. Medical News Today itangaza ko kuruma umunwa…
Inyeshyamba zo muri Centrafrique zikomeje kwisuka muri RDC
•
Inyeshyamba zo muri santrafurika zikomeje kwisuka ku bwinshi mu turere twa Ango na Bondo, mu ntara ya Bas-Uele, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa RDC. Iyi mpuruza yatanzwe n’umuyobozi wa teritwari ya Ango,Marcelin Mazale Lekabusiya, wavuze ko hashize ibyumweru bibiri izi nyeshyamba zambuka imipaka zivuye mu duce twa Zemio na Mboki,muri Santrafurika Marcelin Mazale Lekabusiya…
Mbappe yemeye guhara akayabo kugirango yigire muri Real Madrid
•
Ikipe ya Real Madrid yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa, Kylian Mbappé, wari umaze igihe gito asoje amasezerano muri Paris Saint-Germain. Nyuma y’imyaka avugwa muri iyi kipe ifite ibikombe byinshi bya UEFA Champions League kurusha izindi,Kylian Mbappe yamaze kuyerekezamo ndetse yemeza ko inzozi ze zabaye impamo. Real Madrid yasohoye ubutumwa bw’amagambo 24 gusa bwemeza ko…