RDC: Leta ya Kinshasa yamaganye igitero cya ADF giherutse guhitana benshi
•
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igitero cy’umutwe w’inyeshyamba wa ADF cyabaye ku wa gatanu i Beni mu ntara ya Kivu ya Ruguru, cyiciwemo abantu 41. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa mbere ku rubuga nkoranyambaga X, leta ya DR Congo ivuga ko icyo gitero cyabereye mu duce twa Masala, Mahihi na…
Abasore: Dore ibintu 10 byakwereka umukobwa w’umutima muzarushinga rugakomera
•
Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima bw’umuntu nkuko bavuga ngo urugo rwiza n’ijuru rito hari ibintu by’ingenzi bishobora kugufasha kumenya niba umukobwa mukundana ashobora kuvamo umugore mwiza. Dore imyitwarire 10 iranga umukobwa w’umutima wavamo umugore mwiza nk’uko urubuga women resources rubitangaza: 1. Umukobwa ucisha make Umukobwa ucisha…
Rubavu: Umugabo yishe umugore we arangije akora ibintu byatunguye benshi
•
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, mu Kagari ka Gisa mu Mudugudu wa Gisa, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyomukesha Evariste w’imyaka 42 bikekwa ko yishe umugore we witwa Mukeshimana Claudine. Uyu mugabo ukekwaho kwica umugore we ngo yari amaze imyaka 2 afunze azira gukubita umugore we bityo ngo bakaba bari basanzwe babana…
Ubukwe bwapfuye ku munota wa nyuma ndetse RIB ifunnga abageni bari bagiye kubana abantu bagwa mu kantu
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abageni bari baje mu bukwe, aribo Ntibaziyaremye Daniel w’imyaka 48 na Uzayisenga w’imyaka 29 ubwo bari bari mu muhango wo gusaba no gukwa, bakurikiranyweho icyaha cy’ubuharike kuko umugabo yari yarasezeranye mu mategeko n’undi mugore. Amakuru avuga ko uyu mugabo witwa Ntibaziyaremye Daniel asanzwe afite umugore basezeranye bari…
Nuwapfuye yasabiwe igihano cy’urupfu. Uko urubanza rw’abashinjwa gushaka gurika Tshisekedi rwagenze
•
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024 abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo, aho basabiwe urwo gupfa. Ni urubanza rw’abantu bagera kuri 53 bashinjwa kuba baragize uruhare muri Coup d’Etat yapfubye mu kwezi gushize. Radio Okapi…
Nyuma yuko atemerewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame
•
Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane Rwigara mu bakandida batemerewe kwiyamamaza, nyuma yo gusanga hari bimwe mu byangombwa basabwaga ngo…