Ibyihariye ku modoka Armored Range Rover Sentinel igendwamo na Perezida Kagame – AMAFOTO + VIDEO
•
Armored Range Rover Sentinel Ni imodoka yakorewe abanyacyubahiro ndetse n’undi muntu wese ukeneye umutekano wo mu rwego rwo hejuru. Ni imwe mu modoka umukuru w’igihugu cy’u Rwanda agendamo. . Imodoka itwara Perezida Kagame . Armored Range Rover Sentinel ya Perezida Paul Kagame Ni imodoka idatoborwa n’amasasu kandi ikaba ifite ubushobozi bwo kugendera ku…
Omar Machude wajujubije Mozambique ubu akaba ari gushushubikanywa n’ingabo z’u Rwanda ni muntu ki?
•
Ku itariki 06/08/2021 ku nshuro ya mbere leta zunze ubumwe za America yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu babiri mu bayoboye umutwe w’ibyihebe wa leta ya kislam ukorera muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado. Abo bantu babiri barimo uwitwa Bonomade Machude Omar wamenyekanye ku mazina menshi anyuranye arimo nka Abu Sulafya Muhamad, cyangwa se…
Abakuru b’ibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika n’ingano y’umutungo wabo
•
Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. . Abakuru b’ibihugu bya Afurika batunze agatubutse kurusha abandi . Abaperezida bo muri Afurika bakize kurusha abandi 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro, ariko ntiyapfa
•
Umugabo wari usanzwe akora umwuga w’ubukarani, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu yiyahuriye ku nyubako y’Inkundamahoro y’i Nyabugogo mu murenge wa Kimisagara, gusa ntiyitaba Imana. Amakuru avuga ko uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yasimbutse hasi aturutse mu igorofa rya kabiri akomereka cyane, gusa ku bw’amahirwe ntiyapfa. Inzego z’umutekano zahise zihagoboka…
Abajyanama 8 ba Perezida Evariste Ndayishimiye bahagaritswe ku kazi
•
Abajyanama umunani b’umukuru w’igihugu cy’u Burundi barimo Willy Nyamitwe, Jean-Claude Karerwa Ndanzako n’abandi, guhera kuwa Mbere bari mu bihano byo kuba bahagaritswe ku mirimo yabo kubera imyitwarire irimo gusiba akazi nta ruhushya basabye. Byagaragaye kuwa gatanu ushize ubwo ushinzwe gutunganya imirimo mu biro by’umukuru w’igihugu, Gabriel Nizigama, yazengurukaga mu biro byose biri ku ngoro…
Yahagaritse kunywa amazi no kurya inyama nyuma yo gufungwa arengana mu myaka 20 ishize nk’uko abivuga
•
Umugabo wo mu Burundi uzwi ku kazina ka Karitoni avuga ko kuva yafungwa mubyo we yitwa akarengane, ntaranywa amazi kandi yumva ameze neza. Uyu mugabo kuri ubu wahindutse umurasita nyuma yo gufungurwa, avuga ko yarenganyijwe ndetse n’igihe bigaragariye ko yarenganye, yatswe ruswa ngo afungurwe, we arabyanga. Mu mashusho kuri imwe muri Shene ya…