Umwarimu yateye inda abana 3 yigishaga mu ishuri rimwe
•
Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’umwarimu wakoze amahano atera inda abakobwa 3 yigisha mu ishuri rimwe ndetse ngo uyu mwarimu yamaze kugezwa mu butabera kugira ngo aryozwe ibyo yakoreye aba bakobwa bakiri bato. Dr Kyeremeh yahishuriye ibi mu kigo kigira inama abana ndetse kikanabereka icyerekezo giherereye muri Ghana Education Service I Kwadaso…
Afghanistan: Bemeye guparamira indege nka Comando muri Filimi kugirango bahunge Abatalibani gusa yageze mu kirere barahanuka – AMAFOTO
•
Abanya Afghanistan bakomeje gushaka uburyo bwose butuma bahunga igihugu nyuma y’aho Abatalibani bagifashe mu minsi ishize bikavugwa ko banatangiye kwica abantu bamwe na bamwe. Mu mashusho ateye ubwoba yakwirakwijwe hose,yagaragagaje abantu benshi cyane bari ku kibuga cy’I Kabul hanyuma indege y’ingabo ya USA ihagurutse bayitendekaho kugeza igeze mu kirere bamwe batangira guhanuka. …
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
•
Nyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali. Abashinzwe ubuzima mu Rwanda batangaje ko impano ya Amerika byitezwe ko igera i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu. Ku gicamunsi kuwa…
Siberia: Umwobo uzwi nk’irembo ry’ikuzimu ukomeje kwaguka. Ibiteye inkeke n’icyo abahanga babivugaho
•
Uyu mwobo wiswe Batagaika cyangwa Megaslump uzwi mu gace uherereyemo nk’irembo ry’ikuzimu giherereye mu ishyamba rya Siberia ishyamba kimeza rimaze imyaka n’imyaka ryo mu gihugu cy’Uburusiya. Icyi cyobo bivugwa ko kimaze kugira ubugari bungana na Km 1 kandi ko kidahwema kwiyongera umunsi ku munsi ndetse mu myaka miki ishize kikaba cyariyongereye cyane aho…
Uganda igiye kwakira impunzi 2000 z’abanya-Afghanistani
•
Igihugu cya Uganda kigiye kwakira impunzi z-abanya-Afghanistan zigera ku 2000 nyuma y’uko Abataribani bisubije ubutegetsi nyuma y’imyaka 20 babwirukanweho n’abanyamerika. Kwakira izi mpunzi biturutse mu mwumvikano hagati y’igihugu ya Uganda na Leta zunze Ubumwe za Amerika nk’uko Minisitiri ushinzwe impunzi muri Uganda, Esher Anyakun yabitangarije BBC dukesha iyi nkuru. Impunzi za mbere zigera kuri…
Inzira z’Imana ntizigira umubare: Yabaye umushumba w’inka, yize kaminuza yishyuriwe n’abagiraneza ubu ni Perezida wa Zambia. Byinshi kuri Hakainde Hichilema
•
Umuntu wese ukuranye umugambi burya abigeraho iyo adacitse intege, intsinzi ya Hakainde Hichilema yerekana isomo rikomeye mu bantu ririmo kudacika intege no kutiheba mu gihe ugihumeka kuko yabaye umushumba w’inka, avukira mu muryango ukennye ariko amateka arahindutse abaye Perezida nyuma yo kubiharanira. Ni nyuma y’amatora muri Zambia yo kwihitiramo Perezida ubereye igihugu ku…