Bavumbuye ko bavukana nyuma y’imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore
•
Umugabo n’umugore bo muri USA baciye ibintu hirya no hino ku isi kubera uburyo bari bamaze imyaka 10 babana batazi ko bavukana bakaba baje kubivumbura nyuma yo kubyarana abana 2. Mu mashusho yakwirakwijwe ku rubuga rwa Tik Tok, aba bombi bahamirije isi yose ko bari bamaze imyaka 10 babana ariko bakaba bavumbuye ko…
Afghanistan: Icyafashije Abatalibani kwigarurira igihugu mu kanya nk’ako guhumbya kandi bakosheje intwro ziciriritse cyamenyekanye
•
Mu byumweru bicye bishize, abarwanyi b’aba Taliban, ahanini bitwaje imbunda ziciriritse za AK-47, banyanyagiye muri Afghanistan urebye nta kibazo gikomeye bahuye na cyo. Ikiganiro Newsnight cya BBC cyabwiwe ko imwe mu mpamvu z’ingenzi zatumye igisirikare cya Afghanistan kirindimuka ari uko umubare nyawo w’abasirikare bari bakigize wari igice gito cy’uwatangazwaga n’abategetsi. Perezida w’Amerika…
Umusore yajyanye umukobwa iwe bageze mu buriri ahinduka ihene we arasara
•
Umusore witwa Namasaka, wo mu cyaro cyitwa Mayuge, mu gace ka Navakholo i Kakamega muri Kenya yatangaje ko yumvise ashaka umukobwa baryamana, akanyura ku isoko, akamutahana gusa yagera mu buriri, umukobwa agahinduka ihene. Namasaka usanzwe akora akazi ko mu busitani, yatangarije K24TV ngo ” Nahuye n’umukobwa mwiza ku isoko rya Soi ubwo nari…
Perezida wa Afganistani yatunguye isi ubwo yahunganaga imodoka 4 na kajugujugu byuzuye amafaranga
•
Ambasade ya Amerika i Kabul, yatangaje ko Ashraf Ghani wari Perezida wa Afghanistan ahunga igihugu cye yajyanye imodoka enye na kajugujugu byose byuzuye amafaranga, gusa biba ngombwa ko amwe ayasiga kuko yabuze uko yayatwara yose. . Perezida wa Afganistan yahunganye imoddoka 4 zuzuye amafaranga . Uwari perezida wa Afganistan yahunganye kajugujugu yuzuye amafaranga…
Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG noneho ngo hari ikintu gikomeye ashaka kubwira Perezida w’iyi kipe
•
Rutahizamu Kylian Mbappe utishimiwe n’abafana ba PSG muri iyi minsi kubera ko yanze kongera amasezerano kandi ikipe imukeneye,yamaze gusaba Perezida w’ikipe, Nasser Al-Khelaifi,ko bahura bakaganira ku bijyanye no kumurekura akigendera. Real Madrid imaze icyumweru cyose iganira na PSG kuri gahunda yo kugura Kylian Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana b’iyi kipe ku mukino batsinzemo…
Agakiriro ka Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, inkongi yibasiye agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi. Ababonye iyi nkongi bavuga ko yatangiye saa 8h50 za mu gitondo, itewe n’umuriro w’amashanyarazi, bituma ibikoresho byinshi birimo za matela n’ibindi bikoresho byinshi bibikwa mu gakiriro. Aka…