Kumenya ibi ni ingenzi: Ibintu 8 abasore n’abagabo b’iki gihe bakunda ku bakobwa n’abagore
•
Muri kamere yabo burya, ngo abagabo bakunda kureba no kwitegereza abagore. Igituma umugore cyangwa se umukobwa akurura umugabo ngo biterwa ahanini n’ibyo uwo mugabo akunda. Muri rusange, ngo n’ubwo abagabo bakunda ibintu bitandukanye ariko burya ngo hari ibintu by’umwihariko ku bagore bibakurura cyane kurusha ibindi. Usanga abenshi mu bagabo bakururwa cyane n’imiterere y’umubiri,…
Rutahizamu Babuwa Samson yamaze kwerekeza muri Angola mu ikipe izakina CAF confederation Cup
•
Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson, yamaze kwerekeza mu kipe ya Bravos do Maquis yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Angola. Babuwa yabwiye BWIZA dukesha iyi nkuru ko yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iriya kipe ibarizwa mu gace ka Luena ho mu ntara ya Moxeco. Amakuru avuga ko Babuwa ari we wifuje ko we…
Vestine yahishuye uko umuvugabutumwa yamufashe ku ngufu akamugira umugore wa 4, akajya amusambanya ku gahato… UBUHAMYA
•
Mu buhamya bukomeye Cyakwera Vestine yatanze, yahishuye uko yafashwe ku ngufu n’umuvugabutumwa akamugira umugore wa 4 akajya amukingirana akamusambya ku gahato buri gihe bakabyarana abana 4. Ubu baratandukanye. Atangira ubuhamya bwe mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yavuze ko yari “mu kirokore”. Ati: “Ukuntu byagenze nari mu kirokore abantu banyumve neza hari igihe…
Abasore: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe niba wifuza urugo rwiza
•
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1. Umukobwa utekereza ko afite amafaranga / Ari umukire Umukobwa utekereza ko afite amafaranga aragorana…
Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
•
Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18. Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora kuzakina mu ikipe imwe, aba baranze imyaka igera kuri 13 iheruka ari bamwe mu…
Menya byinshi ku ndwara y’ibiheri byo mu maso cg se ibishishi
•
Ibiheri byo mu maso, indwara benshi bakunda kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira uruhu, aho itera gufungana k’utwenge duto tw’uruhu (tumwe ubona tuba turimo ubwoya) ndetse n’imvubura zisohora amavuta yo ku ruhu. Akenshi utu twenge twifunga bitewe n’uturemangingo tw’uruhu twapfuye ntitubashe gusohoka ndetse n’amavuta menshi aba asohoka mu ruhu. . Ibyo wamenya…