Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Bugesera: Abasore 2 baguye mu muvure bataramo inzoga barapfa

    Mu Karere ka Bugesera Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha [RIB] rwataye muriyombi Uwitwa Uwamariya Beata ukekwaho urupfu rw’Abasore babiri.    Amakuru dukesha ikinyamakuru MUHABURA, avuga ko uyu mugore yatawe muri yombi ku italiki 02/08/2021. Uyu mugore akaba ari nyir’Uruganda rukora ibinyobwa byitwa Dusangire Limited, akaba akurikiranyweho…

  • Visi Perezida wa Kenya yasuguwe ku rwego rutigeze rubaho – Depite Ndindi Nyoro

    Abari bagiye kujyana nawe bavuze ko Visi Perezida William Ruto yamaze amasaha atanu n’igice ku kibuga cy’indege i Nairobi “asuzugurwa”, birangira abujijwe kujya mu ruzinduko bwite muri Uganda.   . Agasuzuguro kakorewe Visi Perezida wa Kenya, RUTO, ngo nta bundi kigeze kaboneka . Depite Ndindi Nyoro yatangaje ko Visi Perezida Ruto yasuzuguriwe ku kibuga…

  • Nyamagabe: GItifu w’umurenge yashyize akagari muri guma mu rugo aterwa utwatsi n’akarere

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa 3 Kanama 2021 bwatesheje agaciro amabwiriza yo kwirinda Covid-19 Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare yashyiriyeho abaturage ayoboye. Amabwiriza uyu Gitifu witwa Ndagijimana Gustave yayashyizeho kuri uyu wa 3 Kanama 2021. Arimo irishyira Akagari ka Gatare muri Guma mu Rugo guhera tariki ya 4 kugeza ku ya 14…

  • I ibintu 5 ubyitayeho buri munsi byatuma ugira uburanga butangaje

    Uburanga ni kimwe mu bintu umuntu wese yitaho cyane cyane abakobwa usanga bahora bashakisha ibintu byabafasha kongera ubwiza ndetse no guhorana uburanga igihe cyose. Hari ibintu 5 byoroshye bifasha abakobwa guhorana uburanga.   . Ibintu byagufasha kugira uruhu rwiza . Ibintu byagufasha kugira itoto mu maso . Uko wagira uruhu rufite itoto . Ibintu…

  • Umusore wiga ubuganga yahuye n’isanganya ubwo yasanga umurambo bamuhaye kwigiraho ari uw’umukunzi we yabuze

    Birashavuza kumara imyaka n’imyaka ushakisha umukunzi wawe wari warabuze uzi ko uzongera kumubona kuko utazi irengero rye uti ‘wenda azaza’, gusa ibyabaye ku musore w’umunyeshuri witwa Enye Egbe wo muri Nigeria, ni agahomamunwa nyuma yo guhabwa umurambo w’umukunzi we ngo awigireho isomo.   . Yahawe umurambo w’umukunzi we ngo awigireho kuvura . Umusore yahuye…

  • Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi mu nzira zo kwisubiza amatware ya Se

    Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya no guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu.   . Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi arashaka kwisubiza ingoma ya se…