Niyonzima Olivier “Seif” wirukanwe na APR FC ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports
•
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Kanama 2021, ni bwo hamenyekanye amakuru ko Niyonzima Olivier uzei nka Seif ari mu biganiro byimbitse na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa na APR FC nubwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu itagize icyo itangaza. . Niyonzima Olivier “Seif” arimo kuganira n’ikipe ya Rayon Sports . Niyonzima Olivier…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Leta ya Mozambique zamenesheje inyeshyamba mu birindiro bikuru byazo
•
Igitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga “nk’icyicaro cyazo”. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zikomeje guhashya inyeshamba . Inyeshyamba zigometse ku butegetsi zirikanwe ahafatwaga nk’ibirindiro bikuru byazo . Ibitero ku nyeshyamba birakomeje ingabo z’u Rwanda…
Abasore: Aya ni yo magambo 7 anyura amatwi y’umukobwa uwo ari we wese
•
Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugira ngo arusheho kukwiyumvamo cyane, ku bagabo bubatse cyangwa abasore bafite abakobwa bakundana nabo ni ngombwa cyane ko bamenya amagambo meza ashimisha cyane igitsinagore kurusha ayandi. . Uko wakwifuriza umukunzi ijoro ryiza . Amagambo wabwira umukunzi wawe ari mu bihe bikomeye . Igisigo wabwira umukunzi…
Isaha ya Rick Ross ikomeje kuvugisha benshi kubera igiciro yayiguze
•
Umuraperi akaba n’umushoramari Rick Ross yerekanye isaha aherutse kugura yatanzeho akayabo ka miliyoni 2 z’amadolari bituma benshi bamubwira ko yasesaguye. Uyu muraperi akaba kandi yahishuye ko amafaranga yayitanzeho kuri we ari macye ndetse ko abamuneguye ko yasesaguye batazi akamaro ko kwambara isaha ihenze. William Leonard Roberts II wamamaye ku izina rya Rick Ross…
Tokyo: Umunyarwandakazi yatoranyijwe mu bazasifura umukino wa nyuma wa Olympic uzahuza Canada na Sweden
•
Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwandakazi, Mukansanga Slma Rhadia, yatoranyijwe mu basifuzi bazayobora umukino wa nyuma mu mikino Olempike y’i Tokyo 2020, uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore. Salma azaba ari umusifuzi wa kane ku mukino wa nyuma uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore uzakinwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021.…
Ruhango: Hagaragaye umusore ujya mu mihango nk’abakobwa ibintu avuga ko bimutera uburibwe bukomeye ndetse bikamubangamira cyane
•
Biratangaje cyane kumva hari umuhungu ujya mu mihango nk’abakobwa, bibaho mu gihe yavutse afite ibice bijya guhura niby’abakobwa kandi ari umuhungu, nk’uko mu Karere ka Ruhango hano mu Rwanda havugwa umusore ujya mu mihango y’abakobwa. . Umusore ujya mu kwezi kw’abagore . Umusore arasaba ubuvugizi ngo avurwe nyuma yo gusanga afite nyababyeyi .…