-
Umukobwa wafungishije Davis D yamusabye imbabazi. Icyo Davis D abivugaho – AMAFOTO
•
Umuhanzi Davis D bwa mbere yasubije umukobwa wamufungishije azira ubusa, uherutse kumusaba imbabazi ,avuga ko ibyabaye byari nk’impanuka. Uyu muhanzi yabisubije mu kiganiro yagiranye n’Igihe , Davis D ahamya ko n’ubwo ataravugana n’uyu mukobwa ngo amusabe imbabazi imbonankubone, bitewe n’uko yasanze na we atari we wifuzaga ko bafungwa. Uyu mukobwa yasabye imbabazi…
-
Reba ikimero cy’umukobwa rutayizamu w’Amavubi Abeddy yasimbuje Miss Umutoni[AMAFOTO]
•
Rutahizamu w’ikipe y’igihu Amavubi n’ikipe ya AS Kigali yagaragaje umukobwa w’ikimero basigaye bari m’urukundo amusimbuje Miss Umutoni Josiane. Abeddy abanyinyujije ku ri nkonti ye ya Instagram, yashyize ifoto y’undi mukobwa witwa Kagame Vanessa yongeraho akamenyetso k’umutima gakunze kugaranga urukundo. Vanessa nawe yahise yerekana ko amukunda mw’ijambo rivuga ati “Ndagukunda” ariherekesha akamenyetso k’umutima. …
-
Biratangaje: Indirimbo My Vow ya Meddy ikomeje guca ibintu yatangiye gukorwa mu myaka 4 ishize
•
’My Vow’ ya Meddy iri kuvugisha benshi nyuma yo kwesa agahigo mu Rwanda ko kurebwa n’abantu benshi kandi mu gihe gito kuri YouTube. Hatangajwe ibitari bizwi kuri iyi ndirimbo, ari nabyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru maze tukakumara amatsiko. Mucyo David uzwi nka Producer Madebeats wafatanyije na Licky Licky gukora ‘My Vow’ ya…
-
Umuherwe Bill Gates wahanuye Covid-19 muri 2015 yateguje ikindi cyorezo kigiye kwaduka ku isi. Ese isi ntiyaba iri mu kagambane?
•
Mu gihe icyorezon cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu Isi yose ari nako kigenda kihinduranya gihitana abatari bacye, abanyapolitiki n’abatuye Isi bakomeje gutangazwa n’ukuntu gikomeje guhagarika ubukungu bw’Isi cyuzuza ibitaro kugeza ubwo bimwe birengerwa ari ko gihindura ubuzima bwa buri munsi bw’abatuye Isi, nyamara umuherwe Bill Gates wari wagihanuye mu 2015 yongeye guhanura ko Isi…
-
Juno Kizigenza yahawe urw’amenyo azira kwishongora kuri Meddy
•
Umuhanzi ukizamuka mu muziki, Juno Kizigenza, yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwifatira ku gahanga Meddy akavuga ko atamubona nk’umwami wa muzika Nyarwanda mu gihe yaheze ishyanga. Meddy Juno yashatse kwibasira mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo yasohoye indirimbo ye nshya ‘My Vow’ yaririmbiye umugore we, Mimi Mehfira. Ni indirimbo yahise yigarurira imitima…
-
Miss Uwase Clementine yahawe n’umukunzi we Imodoka yagataraboneka k’umunsi w’isabukuru ye yamavuko [AMAFOTO]
•
Miss Uwase Clementine uzwi cyane ku izina rya Tina wahagariye u Rwanda muri Miss supranational mu mwaka 2018 ndetse no muri Miss Elite muri 2020 ,yatuguwe bikomeye n’umukunzi we Lukasz Przeniewski amuha impano y’imodoka yakataraboneka kw’isabukuru ye yamavuko. Umwe mu nshuti z’uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati “Impano y’isabukuru…