-
Ibibazo 5 by’ingutu harimo n’icya Messi FC Barcelone igomba gukemura mu minsi 20 gusa
•
Harabura iminsi 20 gusa kugira ngo shampiyona ya Espagne itangire ariko mu bigaragara ni uko Barcelona ititeguye tugendeye ku byo isabwa. Tariki 15 Kanama 2021 ni bwo Barcelona izakina umukino wa mbere wa shampiyona aho izaba yakiriye Real Sociedad kuri Camp Nou. Kugira ngo rero iyi tariki izagere bahagaze neza, barasabwa gucyemura ibibazo…
-
Umukobwa uzwi cyane mu biganiro bya television yigambye uko yakenesheje abagabo benshi bajyanye mu buriri na we
•
Iyi nkuru uyisomye yagufasha ukamenya ko imico y’ubusambanyi nta keza kayo ahubwo isubiza inyuma abagabo batanga amafaranga mu kuryamana n’abakobwa kuko hari umukobwa uba ufite gahunda yo gukenesha uwari umukire nk’uko umukobwa witwa Angel Smith wo muri Nigeria hari abo yasubije ku isuka. Uburaya ni umwuga mubi ugayitse ariko ukorwa n’abakobwa benshi bamwe…
-
Tanzania: Umukuru w’ishyaka CHADEMA yarezwe iterabwoba amahanga arahaguruka
•
Freeman Mbowe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania ufunze, yarezwe ibyaha bijyanye n’iterabwoba, nkuko amakuru abivuga. Mu butumwa bwo kuri Twitter, ishyaka akuriye rya CHADEMA na ryo ryatangaje ko yarezwe ibyaha by’iterabwoba. Umukuru wa polisi ikorera i Dar es Salaam Muliro Jumanne, yabwiye BBC ko Bwana Mbowe yagejejwe mu rukiko ku wa mbere…
-
Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini kubera gukora imirimo y’ingufu
•
John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Liyetona, hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini. Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press ivuga ko yamenye ko aba mu gisa n’inkambi ya gisirikare ya Arendonk muri Antwerp.…
-
Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa
•
Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko uyu muhanda wa gari ya moshi wambukiranya umuhora wo hagati cyangwa Central corridor, ugomba…
-
Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu
•
Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo. Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa amazi ashyushye ariyo meza. Nyamara buri cyose gifite akamaro kacyo, niyo mpamvu muri iyi…