-
Dore ibintu 10 wakagombye kumenya ku mikorere y’impyiko
•
Imikorere y’impyiko, rumwe mu ngingo dufite zifite akamaro gakomeye cyane, kubera ziyungurura amaraso, zigafasha no mu gusohora imyanda iba iri mu mubiri. Umuntu agira impyiko 2 ziherereye mu gice cy’inda yo hasi iburyo n’ibumoso ariko ahagana mu mugongo; buri mpyiko ireshya na centimetero 11.43 (11.43 cm) igapima garama hafi 142 (142g). Gusa ntiwabasha…
-
Imbuto z’ipapayi zishobora gufasha abagabo kuboneza urubyaro
•
Muri iki gihe, kuboneza urubyaro ahanini hakoreshwa uburyo bwa kizungu aho dukoresha uburyo butari ubw”imisemburo cyangwa se ubw”imisemburo, ari na bwo bukoreshwa cyane dore ko buba bwizewe kurenza ubudakoresha imisemburo. Ibi yose iyo bikorwa bikorerwa ku bagore, keretse gufunga burundu bikorerwa no ku bagabo. Nyamara ubushakashatsi ntibuhwema gukorwa ngo harebwe nib anta…
-
Ibyo kurya ugomba kwirinda niba wifuza kunanuka
•
Kugabanya ibiro ntibiba byoroshye, cyane cyane noneho iyo ufite ibiro birengeje urugero. Ibiro birengeje urugero ni ikibazo gikomereye ubuzima, kuko biri ku isonga mu bitera indwara zikomeye nk’izibasira umutima, diyabete, kanseri, kwigunga n’izindi zibasira imikorere y’umubiri. Kugabanya ibiro ukagera ku rugero rukwiye bishobora kugufasha kwirinda ibyo byago byose, no kurushaho kugaragara neza. …
-
Dr Dre yategetswe kujya yishyura miliyoni 3.5$ buri mwaka umugore batandukanye nyuma y’imyaka 24
•
Umuraperi w’Umunyamerika Dr Dre yategetswe n’urukiko rwa Los Angeles kujya yishyura uwahoze ari umugore we Nicole Young amadorali miliyoni 3.5 ku mwaka. Hejuru y’ibyo kandi, uyu munyamuziki yategetswe kujya yishyura ibijyanye n’ikiguzi cy’ubuzima bwa Young, amazu aherereye mu gace ka Malibu, California n’andi aherereye mu Mujyi wa Los Angeles. Ibi azabikora kugeza…
-
Byatangiye ari intambara! Rayvanny na Paula mu munyenga w’urukundo mu maso ya nyina Kajala wanahawe akayabo n’uyu muhanzi
•
Isi babayemo ntabwo ari aya hano hafi! Frida Kajala nyuma yo kuvumira ku gahera Rayvanny amushinja kumusindishiriza umwana akaboneraho kumusoma n’ibindi, asa n’uwamumweguriye kuko noneho bamuteretanira mu maso. Ibi byagaragariye mu isabukuru y’uyu mubyeyi wananyanyagijweho akayabo n’uyu muhanzi. Ntawe utibuka inkundura yabaye ubwo hasakaraga amashusho agaragaza Rayvanny ari gusomana na Paula Kajala umukobwa…
-
Meddy akoze amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda
•
Umuhanzi Meddy yashimiye byimazeyo abakunzi be n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’undi muhanzi uwo ari we wese mu Rwanda Indirimbo My Vow iri mu mitwe y’abakunzi b’umuziki kuva ikimara gusohoka mu ijoro ryo kuwa 22 Gicurasi 2021 aho yahise isamirwa hejuru n’abari bayitegerezanyije amatsiko nyuma y’uko nyir’ubwite yari…