Itangazo rya REB ku ishyirwa mumyanya kw`abakoze ibizamini kumyanya yokwigisha
•
Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, REB yanyomoje amakuru yacicikanye kumbuga nkoranyambaga avuga ko hari abakandida bakoze ibizamini by’akazi kumyanya yokwigisha bakaba baba bagiye gushyirwa mumyanya vuba aha. Reba ayo makuru yose hano hasi: Kanda hano urebe aya makuru kurukuta rwa X rwa REB
Imyanya y’akazi 33 mu karere ka Gakenke: A2, A1, A0, Ubushoferi, Accountants, Receptionists… Deadline 03/06/2024
•
Planning, M&E Officer at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Data Manager and Statistician at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Supervisor of Community Health Workers A0 at Gakenke District Under Contract :Deadline :Jun 3, 2024 Imyanya 4 y`ubushoferi (Driver) muri Gakenke District Under Contract Deadline: Jun 3, 2024 Accountant…
UK: Miss Jolly yahinduye ingingo yagomba kuvugaho agaruka ku mateka y’u Rwanda, ahazaza ha Afurika n’ubudasa bwa Perezida Kagame
•
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yatambutse gitore muri Oxford atanga ikiganiro cyibanze ku kuba Afurika ikwiye kuba umwe aribyo bizayiganisha ku iterambere rirambye, ni mu gihe yari yasabwe kugaruka ku birebana n’imideli. Mu butumwa bw’amashusho yasangije abamukurikira yongeyeho ishimwe yatewe no kuba yaratumiwe muri Oxford ati ”Nk’umuntu ukiri muto wifuza gukomeza kwiyungura…
Bakunda gushimwa cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Elsa ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yafashe icyemezo cyo kujya ibagezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Elsa ni izina rihabwa abana b’abakobwa, rikomoka mu Giheburayo kuri “Elisheba” cyangwa “Elisabeth” mu Cyongereza, risobanura ko “Imana ni yo sezerano ryanjye.’’ Elsa ni izina ryakunze gukoreshwa cyane…
Niyitegeka uzwi nka papa Sava na Umunyana bavuze byinshi ku rukundo ruvugwa hagati yabo ndetse n’ubuhanuzi bwa Prophet Mbarushimana Hakim
•
Abakinnyi ba filime bakomeye mu Rwanda, Niyitegeka Gratien wamamaye nka Papa Sava ndetse na Umunyana Analysa uzwi nka Mama Sava muri filime ya “Papa Sava” bahuriyemo, batangaje byinshi ku makuru avuga ko bakundana. Nyuma y’inkuru zacicikanye zivuga ku buhanuzi bwabwiwe Mama Sava ko agiye gushyingiranwa na Papa Sava bigatera benshi kwibaza ko baba banakundana…
Sobanukirwa uko Hepatite C yandura, ibimenyetso byayo, ibubi bwayo n’aho itandukanira na Hepatite B na A
•
Nyuma yo kubona ko hari benshi badasobanukiwe ibijyanye n’indwara y’umwijima. Twabateguriye inkuru kuri Hepatite C twifashishije inkuru ya Inyarwanda n’ikiganiro yakoranye na Dr. Makuza Jean Damascene. Ese indwara ya Hepatite B na C bitandukanira he? Uburwayi bwa Hepatite B na Hepatite C ni bumwe ariko bitandukanira ku buryo bwandura kuko Hepatite C yandurira cyane…