Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukundana aguca inyuma cyangwa yarakurambiwe urimo kumutinza
•
Mu rukundo bibaho ko umuvuduko wagabanyuka ntibibe bikiri uko byahoze mbere ariko ikigorana ni ukumenya uko wabyitwaramo byabayeho cyangwa se ibimenyetso byakwereka ko umubano wawe n’umukunzi wawe watangiye kugenda biguru ntege. Aha twifashishije urubuga rwa Elcrema, tugiye gufasha abahungu kumenya ibintu 4 twakita nk’ibimenyetso byabafasha kumenya niba abakobwa bakundana bari kubaca inyuma cyangwa se…
Umugore yasanze pasiteri ku ruhimbi amuha impano ikomeje kuvugisha abatari bake
•
Umugore wo mu gihugu cya Kenya Faith Mutindi aheruka gukurura impaka nyinshi nyuma yo guha Pasiteri Kanyari agapaki k’udukingirizo ku ruhimbi mu rusengero imbere y’Abakilisitu. Uyu mugore akimara gukora iki gikorwa bikurura impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga muri Kenya nyuma yuko amashusho ye yari akomeje gusakazwa. Ku rundi ruhande ariko Faith Mutindi we…
Irebere uburanga bw’umukunzi wa Ruvuyanga wamamaye mu gisata cy’imikino mu Rwanda – AMAFOTO
•
Nyuma yo kumara igihe atagaragara mu Rukundo, umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda Ruvuyanga Emmanuel ubu aravugwa mu rukundo n’inkumi y’ikizungerezi. Uyu mukobwa uvugwa mu munyenga w’urukundo na Ruvuyanga, ndetse bikaba bivugwa ko bagiye kuzarushinga yitwa Naomi Sandrine, ndetse akaba afite impanga ye basa foto copy, nayo yitwa Movila Sandra. Reba Amafoto:
Mu mafoto irebere umukobwa wigaruririye umutima wa Nyaxo umunyarwenya umaze kubaka izina
•
Umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye cyane nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo. Uyu musore w’umunyarwenya wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyamba no mu bitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda yafungiwe muri gereza y’urukundo n’umukobwa w’ikizungerezi witwa Ellah. Bitewe n’uburyo umunyarwenya Nyaxo akunda uyu mukobwa bigaragara ko iyi gereza y’urukundo atazigera abasha kuyitoroka .
Amakuru mashya kuri Hategekimana Emmanuel watawe muri yombi nyuma yo gutangaza ko ari we wivuganye Paster Theogene abitumwe na Satani
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwemeje ko rwataye muri yombi uwitwa Hategekimana Emmanuel wiyita umukozi wa satani akaba akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha, aho afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Uyu mugabo witwa Hategekimana Emmanuel yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Youtube ari gusobanura ko ari mu bakozi ba satani bahawe inshingano zo kwica…
M23 yatangaje ko itazava ku izima kugeza Leta ya Kongo yemeye ibiganiro
•
Umutwe wa M23 wavuze ko nubwo ubizi neza ko ubutegetsi bwa RDC butazemera ibiganiro ariko witeguye gukomeza kwirwanaho no gutakamba kugeza ubwo inzira y’amahoro igezweho. Umutwe wa M23 watangaje ko uzakomeza kwirwanaho igihe uzajya uterwa na FARDC n’abambari bayo gusa uvuga ko uzakomeza gutakamba kugira ngo habeho ibiganiro by’amahoro na Leta ya Kinshasa. Ibi…