Ndi mwiza abakobwa barankunda, mbayeho ndyohewe! Amagambo y’umunyamakuru Lorenzo wa RBA ari gutigisa imbuga nkoranyambaga
•
Umwe mu banyamakuru ukora kuri Radio Rwanda uzwi nka Lorenzo ubwo yari mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube yatangaje ibintu byinshi akomoza no kumpamvu abafana na Rayon Sports bakwiye kwakira ibyo guhomba umukinnyi wabo. Umunyamakuru Lorenzo yabivugiye mu kiganiro yagiranye na mugenzi we Julius Chita ukora kuri shene ya YouTube yitwa Chita Magic. Muri kiriya…
Bruce Melody yasubije ku bivugwa na Agasaro uvuga ko babyaranye akaba yaramwimye indezo
•
Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, yasubije Agasaro wamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye, aho yatangaje ko guhera ubu nta kibazo cy’umwana azongera kuzana mu itangazamakuru cyane cyane iby’uko bari kumusaba indezo y’umwana, kuko umwana ari umutware. Mu mpera z’ukwezi gushize, nibwo umukobwa witwa Agasaro Diane yongeye guhagurukira uyu muhanzi uri mu bakunzwe cyane…
Umukobwa akomeje guca ibintu kubera ikintu gitangaje akomeje kwishimira
•
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Eve Onyedikachukwu yatunguye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gushyira hanze amafoto yishimira imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza ku byo yakoze na gato. Uyu mukobwa yavuze ko yishimye imyaka 10 ishize akuyemo Nyababyeyi, avuga ko aticuza kubyo yakoze byari bikenewe. Uyu mukobwa yagize Ati…
Igihano Barikana Eugène yasabiwe kubera gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko cyamenyekanye
•
Nyuma y’iminsi micye urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rufunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho uyu mugabo akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka ibiri. Ubwo yabazwaga kuri uku gutunga intwaro nyuma yo kuzisanganwa iwe mu rugo, uyu mugabo yari yahise avuga ko yazitunze akibana n’abasirikare ariko…
Umwarimu wigisha mu mashuri abanza nawe yatanze ubusabe bwe bwo kwiyamamariza kuba umudepite
•
Mukantwari Elizabeth wo mu Karere ka Kirehe umaze imyaka irenga 15 yigisha mu mashuri abanza yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite mu cyiciro cyihariye cy’abagore kuko afite inyota yo kwinjira mu Nteko Ishinga Ametegeko y’u Rwanda. Madamu Mukantwari yashyikirije kandidatire ye kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kuri uyu wa 22 Gicurasi 2024, ashimangira ko yizeye kuzagera…
Amerika yahaye gihugu cya Kenya inyito ikomeye ubundi ikoreshwa ku bihugu byo muri NATO
•
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya incuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba igihugu cya mbere cyo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara gihawe iyo nyito n’Amerika. Biden yatangaje icyo cyemezo mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mugenzi we wa Kenya William Ruto yagiriye muri Amerika. Ni…