Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Rurageretse hagati ya Espoir FC n’umutoza wayo Lomami ushinjwa ubugambanyi

    Ubuyobozi bw’ikipe ya EspoirFC bwamaze gushyikiriza ikirego RIB ikorerera mu Karere ka Rusizi aho burega uwari umutoza wabo Lomami Marcel gukoresha inyandiko mpimbano z’ibyangombwa (Licence) bya FERWAFA byemerera umukinnyi Christian Watanga Milembe gukinira mu Rwanda kandi ngo uyu mutoza abizi neza ko ari ibicurano. Espoir yari mu makipe 4 yo mu kiciro cya kabiri…

  • Umugabo uheruka kwigamba kuri Youtube ko yishe Paster Theogene yatawe muri yombi

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Hategekimana Emmanuel akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha akaba afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Hategekimana Emmanuel yagaragaye kuri Youtube ari gusobanura ko ari mu bantu bahawe inshingano zo kwica Pasiteri Théogène Niyonshuti uzwi nk’Inzahuke hifashishijwe imbaraga z’umwijima. Uyu yumvikanye avuga ngo: “Pasiteri Inzahuke buriya nitwe…

  • Cléophas Barore uyobora RBA yabaye uwa mbere mu ishami yigagamo muri Kaminuza

    Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Cléophas Barore, yasoje amasomo y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza ari uwa mbere, mu Ishami rya Théologie muri Kaminuza ya East African Christian College. Amafoto ya Barore yambaye ikanzu ari kumwe n’abandi biganye yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Uyu mugabo ni umwe banyamakuru bakunzwe bitewe n’ubuhanga yagiye agaragaza mu gusoma…

  • Imyanya 14 y’akazi mu karere ka Gakenke: Accounts, Receptionist, Billing officer, Customer care. Deadline: 3/06/2024

    10 Job Positions of Accountant A1 at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Receptionist at Gakenke District Under Statute P:Deadline: Jun 3, 2024 Billing Officer at Gakenke District Under Statute : Deadline: Jun 3, 2024 Documentation and Archives Officer at Gakenke District Under Statute :Deadline: Jun 3, 2024 Secretary and Customer Care…

  • Uko Hepatite B yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wayirinda

    Hepatite B ni indwara yibasira umwijima ishobora kwirindwa hakoreshejwe urukingo ikaba iterwa na virus yitwa VHB. Iyo umurwayi arengeje amezi 6 arwaye Hepatite B, ifatwa nk’aho yamaze kuba karande cyangwa iy’ubuzima bwose. Virusi itera Hepatite B yandurira mu mibonano idakingiye cyangwa se mu maraso. Ibimenyetso bya Hepatite B Abantu benshi mu banduye iyi virusi…

  • Dore uburyo bubiri bwagufasha gutandukana burundu n’imvi cyangwa umusatsi w’umweru

    Benshi mu bantu bagira umusatsi w’umweru ariko ntabwo baba bazi uburyo bakoresha bagatandukana nawo.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya ibyo wakora bitagoye , umusatsi wawe ukaba waba umukara nk’uko ubyifuza. Mu rwego rwo guhindura umusatsi wawe umukara, urasabwa gukoresha mu bimwe mu biboneka hafi yawe ubanje ku bivanga vanga ku buryo bworoshye. 1. Amavuta ya…