Dore ibintu 5 byoreheje abantu batazi bitandukanya abashakanye
•
Muri iki gihe usanga ingo nyinshi ziifite ibibazo rimwe na rimwe bikanabaviramo gutandukana kandi nyamara ari ibintu bishoboka ko bombi bakabaye birinda ariko kubera kutamenya ugasanga urugo rurasenyutse. Dore impamvu 5 zikomeye ziba intandaro yo gutandukana kw’abashakanye: 1. Kumena amabanga y’urugo Akenshi iyo umwe mu bashakanye agiye avuga mugenzi we cyangwa amena amabanga y’urugo…
Dore ibintu 5 utagomba guhatiriza mu rukundo
•
Mu rukundo buri wese aba yifuza ko bimera neza ndetse bikagera kure yifuza. Gusa uko waba ushaka gukunda cyangwa gukundwa, hari ibintu bitaremewe guhatirizwa ahubwo bitwarwa gake bikagerwaho cyangwa ntibikunde. Hari ibyo ushobora guhatiriza bikangiza urukundo. Niba ushaka kuba mu rukundo, banza wishyiremo ko buri kimwe kigenzwa gake maze wirinde guhatiriza ibi bintu by’ingenzi.…
Inyeshyamba nshya zinjiye my mirwano na M23
•
Abarwanyi ba M23 babyutse bahanganye n’inyeshyamba za NDC/Ndume ndume za Gen.Guidon Shimirayi. Uduce twa Ihura,Ibuga,umujyi wa Kashuga byagenzurwaga na FDLR ifatanyije na NDC/Ndume ndume za Gen.Guidon Shimirayi twigaruriwe na M23 mu mirwano yabyutse ibahanganishije. Abarwanyi ba M23 babyutse bahanganye n’inyeshyamba za NDC/Ndume ndume za Gen.Guidon Shimirayi Uduce twa Ihura,Ibuga,umujyi wa Kashuga byagenzurwaga na FDLR…
U Rwanda rwavuze ku mukozi wa Human Rights Watch bivugwa ko yangiwe kwinjira my gihugu
•
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko uhagarariye Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch yangiwe kwinjira mu Gihugu nyuma yo gutanga amakuru y’ibinyoma mu Rwego Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka ku mpamvu yashakaga gusura u Rwanda. Mu itangazo u Rwanda rwasohoye kuri uyu wa 18 Gicurasi 2024, rwagaragaje ko nta mikoranire rufitanye na Human Rights Watch,…
Abasore: Bisobanuye iki igihe umukobwa akubwiye ngo: NZABITEKEREZAHO? Dore ibintu 2 ukwiye kumenya kuri iki gisubizo
•
Iyo umukobwa avuze ko azabitekerezaho, ni ngombwa kumva ibintu bibiri. Ubwa mbere, birashobora gusobanura ko akeneye rwose umwanya wo gusuzuma ikibazo cyangwa icyemezo kiganirwaho kuburyo atazicuza nyuma. Abagore, kimwe n’abandi bose, bashobora gupima ibyiza n’ibibi mbere yo guhitamo, cyane cyane niba ari ikintu gikomeye. Bishobora kuba bikubiyemo ibyiyumvo bye, gahunda zigihe kizaza, cyangwa ibindi…
Dore ibintu 4 byagufasha gukiza telefoni yawe igihe iguye mu mazi
•
Niba bitarakubaho umunsi umwe bishobora kuzakubaho cyangwa uzi uwo byabayeho niyo mpamvu usabwa gusoma iyi nkuru ukanayisangiza inshuti zawe.Turarebera hamwe uko wabasha gutabara Telefone yawe yaguye mu mazi utabishaka. Umubare munini w’abatunze Telefone hafi ya bose zaguye mu mazi.Ababyeyi benshi bahuye nabyo biturutse ku bana babo.Mbere y’uko urambirwa ngo wanzure ko telefone yawe uyihebye…