Abakobwa: Dore abasore ugomba kwirinda mu rukundo rwawe
•
Benshi bavuga ko amaso akunda atabona neza nk’uko umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe yabiririmbye. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga urugo. Aba nibo basore 7 umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba ngombwa akabirinda: 1. Umusore ugenzwa no kuryamana nawe gusa Umusore mutajya mwicara ngo muganire,…
Abasore: Dore amakosa 5 ugomba kwirinda gukora igihe uri kumwe n’incuti z’umukobwa ukunda
•
Hari amakosa umusore agomba kwirinda gukora igihe cyose ari kumwe n’inshuti z’umukobwa bakundana, kuko hari igihe ibikorwa runaka ashobora gukora cyangwa kubakorera bishobora kumuviramo gutandukana n’uwo yakundaga kandi atazi ko ariwe wabigizemo uruhare. Aya ni amwe mu makosa umusore akwiye kwirinda mu gihe ari kumwe n’inshuti z’abakobwa b’inshuti yawe: 1. Irinde kugirana umubano wihariye…
Ntukwiye kwiheba kuko watandukanye n’umukunzi wawe ahubwo dore ibintu 6 ukwiye kubyigiramo
•
Iyo uwo mwakundanaga akwanze, usigarana agahinda no kumva wanze ibintu byose ndetse ugatangira kugira ugushidikanya kwinshi haba ku bushobozi bwawe bw’imibanire n’urukundo ndetse ukanatangira kwibaza niba hari icyizere ko uzongera kubona umukunzi uguhoza amarira. Nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga wumva ko ari ibihe bigoye gucamo. Bamwe baza bakwihanganisha bakubwira ko bizashira ndetse ko uzabona…
Dore ibintu 4 ukwiriye gukora igihe ababyeyi bawe banze ko wowe n’umukunzi wawe mubana ndetse n’ikosa rikomeye ugomba kwirinda gukora
•
Mu rukundo abantu bahuriramo n’ibibazo byinshi bitandukanye byaba ibituruka hagati yabo ndetse no hanze nko mu miryango mu nshuti n’ahandi. Hari igihe havuka ikibazo ababyeyi bakabuza umwana wa bo gushyingiranwa n’uwo akunda kukbera impamvu zinyuranye. Ese mu gihe bikubayeho wabyifatamo ute ? 1, Kora isesengura urebe ko ibyo bakubwira ku mukunzi wawe niba bifite…
Mahamat Déby, yatangajwe kumugaragaro ko yatsinze amatora ya perezida wa Tchad
•
Gen Déby yatsinze n’amajwi 61.3%, nk’uko urwego rw’amatora rw’igihugu rubitangaza, mu gihe mukeba we Minisitiri w’intebe Succes Masra, bari bahanganye yatsinze ku majwi 18.53%. Bwana Masra yari yatangaje mbere ko yatsinze mu cyiciro cya mbere cy’amatora ariko akavuga ko yibwe. Gen Déby w’imyaka 40 yashyizweho nk’umuyobozi wa Tchad n’abasirikare nyuma yuko se Idriss Déby…
Nyamagabe: Umwana yagiye agiye gusura abaturanyi aza kuboneka yapfuye
•
Nyamagabe: Umwana wari wagiye gusura abaturanyi, yaje kuboneka ari mu cyobo cy’amazi byaje no kumuviramo urupfu, Polisi ivuga ko hatangiye iperereza. Byabereye mu karere ka Nyamagabe, mu Murenge wa Kaduha mu kagari ka Kavumu mu Mudugudu wa Kabuga. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo, SP Emmanuel HABIYAREMYE yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko umwana…