Abagabo: Niba Dore akamaro gakomeye utari uzi kari mu konka amabere y’umugore wawe. Niba utagajya Ubikora Ukwiye Kubigerageza – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Abagore benshi bakunze kwibaza impamvu abagabo bakunda konka amabere ndetse no kuyakorakora cyangwa kuyonka,nyamara bikaba bizwi ko nta kintu bakuramo nk’uko umwana we ayakenera ashakamo amashereka yo kumutunga no kumukuza.

 

Larry Young, umuhanga mu Ishami y’Ubuvuzi ku bijyanye n’ibibazo by’imitekerere ya muntu muri Kaminuza y’Ubuvuzi ya Emory muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko akamaro konka bigira ku mwana ari nako bigira ku gitsina gabo.

 

>>Niba utazi ibi bintu ntuzigera ushimisha umugore wawe mu buriri. Dore icyagufasha kuba udasanzwe kuri we

 

Agaragaza ko mu gihe umwana arimo konka mama we, hari imisemburo yitwa Oxytocin cyangwa se umuti w’urukundo (love drug) ihita yikora bigatuma umubyeyi yita ku mwana we cyane ndetse akamugaragariza n’urukundo ntagire ikindi kintu aha agaciro.

 

Larry, ibyo abijyanisha nuko iyo umugabo akoze cyangwa yonse amabere y’umugore, nabwo ya misemburo ihita ivubuka mu mugore maze imbaraga z’umubiri we zose zigahita zijya mu kwita ku mugabo bari kumwe ndetse bikanongera ubushake bwo kumwishimira cyane.

 

>>Dore ibimenyetso 5 byakwerekako utumvikana n’umukunzi wawe n’ubwo buri wese abwira undi ko amukunda

 

Ibyo ni byo bituma abagabo bashakisha amabere y’abagore cyane kuko iyo ayonse cyangwa ayakozeho aba arimo gutuma umugore agira ubushake bwinshi bwo kumwishimira no kumwitaho cyane nta kindi kimurangaza ndetse bigatuma aza kuryoherwa cyane n’akabariro ndetse bikamufasha kurangiza vuba.

 

Icyitonderwa: Ntabwo abagore bose baryoherwa cyangwa ngo bishime binyuze mu kuba abagabo babo bagerageje konka amabere y’abagore babo, birashoboka ko wakonka amabere ugasa nkuri konka k’urutare

 

Mu nkuru dukesha urubuga elcrema Larry agira ati “ Ugukururwa n’amabere ku bagabo ni gahunda y’ubwonko igihe umuntu w’igitsina gabo wese arengeje igihe cy’ubugimbi. Amabere ni kimwe ubwonko bwitaho mu bikurura ubushake ku bagabo. Konka amabere y’abagore ni nk’ibanga abagabo bavumbuye rituma abagore bagira nk’umuriro ubagurumanamo bakita kuwo bari kumwe cyane nta kindi kibarangaza.”

 

Ngayo nguko rero bagabo mugerageze abatari babikora muzabona ibyiza byo konka amabere y’abagore banyu ndetse namwe bagore mwigishe abagabo banyu bamenye ibanga ryo kwishima .

 

Share this: