Abasirikare b’Uburusiya bishwe n’uburozi bw’abanya-Ukraine

Share this:

Bivugwa ko abasirikare 500 b’u Burusiya barwaye nyuma yo kurya ibintu bihumanye. Ni uburozi bahawe n’abaturage bo muri Ukraine bakomeje kwirwanaho badashaka ko igihugu cyabo gikomeza guterwa.

Ubwo burozi bwahawe abasirikare b’u Burusiya bo muri Batayo ya gatatu irwanisha intwaro ziremereye. Ntabwo impfu z’abo basirikare u Burusiya buzifata nk’izishingiye ku ntambara.

Sorce:wsbtv.com

Share this: