Birababaje: I Nyamirambo Umugabo Yafashe Umugore We Ari Kumwe N'undi Mugabo Mu Buriri Bwe. Reba Ibyakurikiyeho. Video

Birababaje: I Nyamirambo Umugabo Yafashe Umugore We Ari Kumwe N'undi Mugabo Mu Buriri Bwe. Reba Ibyakurikiyeho. Video

Nov 04,2021

Mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Nyamirambo umugabo witwa Munyaneza Jean Bosco yasanze umugore we uryamye n'undi musore maze ahita abafungira ashaka kwambura ubuzima uwo mugabo yasanze iwe maze akizwa n'ababafunguriye.

 

Umugabo Yaguye Gitumo Umugore We

. Yasanze Aryamanye N'undi Mugabo

. Umugabo yafashe umugore we asamba1na

 

Nkuko tubikesha BTN TV ngo uyu Jean Bosco utari ubanye neza n'umugore we yari amaze igihe ataba mu rugo nyuma yaho ubuyobozi bwari bwaramusabye kujya gushaka itike yo guha umugore we bari bameranye nabi kugirango abashe gutaha iwabo. Ubwo uyu mugabo yagarukaga iwe aje kureba uko umugore we abayeho yasanze umugore we yiryamiye n'undi musore witwa Safi. Uyu mugabo avuga ko yari amaze iminsi yumva abantu bavuga ko umugore we ateretana n'abandi bagabo ariko ntabyemere kuko atari yamufatiye mu cyuho.

Uyu mugabo ubwo yasangaga uwo Safi aryamanye numugore we yahise abafungirana mu nzu. Bivugwa ko Jean Bosco yari afite umugambi wo kwica uyu mugabo wamusambanyirizaga umugore nk'uko abaturage babitangaje.

 

IZINDI WASOMA:

. Ibintu bibi cyane bishobora kuzakubaho niba urara wambaye ikariso

. Dore impamvu 4 z'ingenzi udakwiye kogosha ngo umareho insya(umusatsi ukikije ibice by'ibanga) zawe

. Uri mwiza kandi uri uw’igikundiro: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi

. Ibintu 5 ugomba kwirinda gukora mbere gato yo gutera akabariro kuko byagukururira ibyago bikomeye

. Dore ikimenyetso cyakugaragariza ko umukobwa yigeze gutwitwa cyangwa yabyaye n'ubwo waba utabona umwana

. Icyo umugabo yakora kugirango intanga ze ziyongere bimwongerere amahirwe yo kubyara

. Amabanga 13 yagufasha gusoma umukunzi wawe mu buryo buhebuje agahora yifuza ko mwongera

. Ibimenyetso 6 bizakwereka ko umukobwa yifuza ko mujyana mu gitanda

 

Abaturage bakomeje bavuga ko abashinzwe umutekano bahise bafungurira wa mugabo numugore basambanaga ndetse barabacikisha ,ibintu bitabashimishije na gato. Benshi bagaye uyu muģore wabonye umugabo we adahari agahita azana abandi bagabo.