Dore amabayeri 6 umugabo akoresha bigatuma umugore amwisabira ko batera akabariro

blog

. Uko wafasha umugore kwinjira mu gikorwa cy'akabariro

. Uko wategura umugore wawe

Abagabo bose ntabwo bafite ubushobozi bwo kugusha neza abagore by’umwihariko iyo bigeze ku mabanga yo mu gitanda. Igitera abagore kudafata iya mbere mu gutera akabariro ni uko nta bihe byiza baba bayigiriramo. Mugabo dore uburyo wateguramo umugore wawe ubutaha akajya aguhamagara ngo mutere akabariro.

 

1. Twara ibintu gake

 

Wihita ujya ku gice cy’ingenzi kurusha ibindi, tangira umukorakora ku maboko, mu misatsi ku matako no ku nda. Abagore bakunda imyiteguro ya mbere y’igikorwa kurusha uko abagabo babikunda.

 

2. Munokwesha

 

Kwicisha umugore ipfa ni rimwe mu mayeri umugabo w’umuhanga muri iki gikorwa cyo gutera akabariro akoresha. Gusa bisaba ko umugabo amenya aho agarukira kugira umugore atarambirwa akabihirwa. Kuri iyi ngingo niho umugabo akora ku gits1na cy’umugore we ku gice cy’inyuma akabikorakoraho buhoro yitonze n’intoki, iyo intoki zikoze kuri rug2ngo umugore agusaba ko ukomeza ariko ukwiye guhita usubira inyuma kugira ngo abanze abishake cyane.

 

3. Kumusoma

 

Gusoma umugore witonze bituma agufata nk’umukunzi ntakwiyumvemo nk’umuntu ukeneye akabariro gusa.

 

4. Kumuterura

 

Iyo uteruye umugore wawe mu gihe cyo gutegura akabariro bituma arushaho kukubona nk’umuntu ushoboye. Kumuterura biri mu buryo bubiri hari ukumuterura muhagaze akakuboheraho amaguru murebana mu maso akwicaye ku bibero.

 

5. Kumubwira ibishegu

 

Mu gihe cyo gutera akabariro no mu itegurwa ry’iki gikorwa bisaba ko buri wese yirekura. Uku kwirekura kugaragazwa no kuvuga amagambo yerekeye ku bitsina nta soni.

Icyitonderwa:

Izi ngingo zose zireba umugore n'umugabo bashakanye.

 

6. Kumutungura

 

Mukiri mu gutegurana, umaze kunyura muri izi etape zose, ubona ko yabishatse cyane ku buryo atagishobora kwiyumanganya, uhita umuterura ukamujyana ku gitanda, ugatangira kumusoma ku gikanu ari nako umukuramo imyenda. Ubundi mugatangira igikorwa nyiri izina.

Total Comment 0