Abagabo: Dore ibintu 3 wakorera umugore wawe bigatuma ahora akwisabira ko mutera akabariro

Abagabo: Dore ibintu 3 wakorera umugore wawe bigatuma ahora akwisabira ko mutera akabariro

Jan 31,2022

Abagabo bakunze kwijujutira ko abagore babo usanga nta bushake bafite bwo gutera akabariro ndetse rimwe na rimwe bigasa no kubinginga kugirango iki gikorwa kibashe gukorwa nyamara hari uburyo umugabo yakoresha bigatuma umugore ahora amwifuza ndetse akajya amwisabira ko batera akabariro. Ibyo ni byo iwacumarket.xyz igiye kubagezaho muri iyi nkuru.

Kugirango ubashe gutuma umugore akwimariramo kandi ahore yifuza ko mutera akabariro ugomba kumenya ko gutuma arangiza kandi incuro nyinshi mu mubonano umwe ari ryo pfundo rya byose.

Soma n'iyi: Dore impamvu 3 zituma umukunzi wawe ahisha igihe aherukira kuri Whatsapp

Mu gihe umugabo arangiza agatinda kongera kubishaka, umugore we ashobora kurangiza incuro nyinshi mu mubonano umwe kandi ntibitere ikibazo ahubwo uko arangiza kenshi niko arushaho kuryoherwa cyane maze ubwonko bwe bugatangira kuba imbata yawe ari bwo atangira kujya yifuza ko mwatera akabariro.

Uribaza uti ese nashobora gute gutuma umugore arangiza kenshi gute?

Kugirango ubashe kubiteraho ugomba kwita kuri ibi bintu 3 bikurikira:

1. Tuma arangiza mu gihe cyo kumutegura

Abagabo benshi usanga bihutira kugera ku musozo w'igikorwa aho nta kindi baba bagishoboye gukora. Nyamara umugabo wafashe umwanya uhagije wo gutegura umugore we, no gutuma agera ku byishimo byanyuma bakiri muri iki gikorwa ashobora kubona inyungu ikomeye mu minsi ikurikiyeho. Gerageza ukoreshe intoki, toy... umutegure kugeza anyaye ndetse ukomeze rwose umwanya uhagije. Ku bw'amahirwe ashobora kurangiza maze ukabona gukomeza ku gice gikurikiyeho.

Soma n'iyi: Abubatse: Dore uburyo watermelon yagufasha gushimisha umugore wawe cyangwa umugabo wawe mu buriri uyu munsi

2. Munyaze

Abagore bakiri bato hagati y'imyaka 20 -30 usanga batazi ibyo kunyara ibyo ari byo. 

Nawe ushobora guhita ubyibwira ko nuramuka utumye anyara bwa mbere azajya ahora yifuza ko mutera akabariro kuko wamukoreye ibyo undi muntu wese atarigera amukorera.

Kugirango ubigereho ugomba kwita cyane ku gice kitwa Akadomo ka G. Iki ni igice cyuzuye uburyohe giherereye nko kuri cm 2 winjiye mu gits1na ku ruhande rwo hejuru. Ushobora gukoresha urutoki cyangwa igits1na ukajya ugenda unyuzaho gahoro gahoro kugeza ubonye atangiye kuryoherwa maze ukajya ugenda wongera umuvuduko. 

NB: Ntugomba guhagarara kugeza ubonye ahagaritse kunyara.

Soma: Abagabo: Ntuzabeshye ngo ushimisha umugore mu buriri niba utazi iby’akadomo ka G. Dore aho gaherereye n’uko gakoreshwa

Ushobora kubigeraho kandi witaye cyane ku gice kiba hanze kitwa Rugongo. Ukabikora nk'uko twabivuze haruguru ku kadomo G.

Soma: Umubiri wacu: Akamaro ka Rug1ngo ndetse n'ibitangaje kuri yo ushobora kuba utazi

2. Ugomba kugira akanyabugabo gahagije kugirano ubashe kumara umwanya munini ushoboka

Abagore benshi iyo bahuye n'umugabo bwa mbere cyangwa se bataramenyerana usanga bita cyane ku byishimo by'umugabo kuruta kwita ku byishimo byabo. Ibi bituma bene aba  bagore akenshi badashobora kurangiza. Niba rero ubashije kumara umwanya munini wenda incuro 2 cyangwa 3 z'igihe gisanzwe, uba uhaye amahirwe umugore yo kwita ku byishimo bye bityo akaba yabasha kugera ku byishimo bya nyuma.

Tekereza ubaye umugabo wa mbere utumye agera kuri ibi byishimo? 

Ibi byonyine bizatuma atekereza ko uri umuhatari mu gutera akabariro maze ajye ahora yumva mwakongera.

Soma n'iyi: Igisobanuro cy'ijambo Chouchou cyangwa Chou chou rikunze gukoreshwa buhumyi. Dore ibyo ugomba kwitondera mu kurikoresha

ICYITONDERWA: Izi nama zigenewe abashakanye. Niba usomye iyi nkuru utarashaka menya ko kwishora mu mibon1no bishobora kukugiraho ingaruka zikomeye nko gutera inda utateganyije, kwandura indwara nka SIDA n'izindi zifatira mu mubonano. Zirikana ko kwifata ari ingenzi niba byanze ukoreshe agakingirizo.