Ntuzabeshye ngo ushimisha umugoe wawe mu buriri niba utazi Akadom G - Sobanukirwa

Ntuzabeshye ngo ushimisha umugoe wawe mu buriri niba utazi Akadom G - Sobanukirwa

  • Akamaro ka Point G

  • Uko wakoresha akadomo G ugashimisha umugore wawe mu gitanda

May 19,2022

Umudage wari inzobere mu buzima bw’imyororekere witwa Ernest Grafenberg mu 1940 ni bwo yavumbuye igice kiba mu gitsina cy’umugore imbere akita Point G.

 

Ni igice giherereye kuri santimetero 3 uhereye ku rwinjiriro rw’igitsinagore, kikaba kirangwa n’uko kinyerera cyane. Kugira ngo ukore kuri iki gice bigusaba kwinjiza urutoki mu gitsi1na ukaruheta urwerekeza hejuru. Ushobora no gusaba umukunzi wawe akagukoreraho kuko nabyo bituma uryoherwa.

Umuganga akaba n’inzobere mu bijyanye n’imyanya ndangagitsina Catherine Solano, avuga ko ‘gukora kuri Point G bitera uburyaryate budasanzwe’.

Akomeza avuga ko ubwo buryaryate butuma abagore 10% bahita bagera ku ndunduro y’ibyishimo byabo igihe bari gutera akabariro mu gihe 90% butuma baryoherwa cyane ariko ntibahite barangiza.

Kugira ngo umugore agere ku ndunduro y’ibyishimo bigirwamo uruhare n’ibindi bice by’ igitsina, nk’urwinjiriro, impande na rug1ngo.

Point G iba inyuma ya rug1ngo, uburyo bwo gutera akabariro bufasha umugabo n’uwo batera akabariro kugera ku buryaryate buturuka kuri iki gice ni igihe umugore ari hejuru y’umugabo bari gutera akabariro kandi uwo mugore agasa n’uwegama ni bwo igitsi1na cy’umugabo gisa n’ikigonda kigakora kuri iki gice.

Point G cyangwa G-spot mu Cyongereza na rug1ngo nibyo bice by’igitsi1na cy’umugore abashakashatsi bamaze kuvumbura byongerera umugore uburyaryate bigatuma agera ku ndunduro y’ibyishimo bye.