Dore uko Kigali iri kugaragara nijoro muri iyi minsi ishyira impera z'umwaka - AMAFOTO

blog

Abagenda ndetse n’abatuye muri Kigali bakomeje gutangarira uburyo uyu murwa warimbishijwe muri iki gihe cy’iminsi mikuru [AMAFOTO]

Mu mpera z’umwaka bimaze kuba akamenyero ko imwe mu mihanda n’imiturirwa b’ikigali biba bishashagirana mu rwego rwo kurushaho kugaragaza neza umujyi cyane cyane mu gihe cya n’ijoro.

Kuri ubu iyo utembereye imwe mu mihanda ukitegereza nimwe mu miturirwa ya Kigali uhita ubona itandukaniro nindi minsi kuko inyinshi zitatse amatara yaka ndetse n’ibirugu bya Noheli.

IREBERE UBURYO KIGALI YARIMBISHIRIJWE KUGARAGARA NEZA MU IJORO

Ubumwe Grand Hotel na ECOBANK

Ingoro y'umugi wa Kigali

Total Comment 0