Uwicyeza Pemella yakoze agashya akigera i Washington DC

Uwicyeza Pemella yakoze agashya akigera i Washington DC

  • Uwicyeza Pamella yakoreye isabukuru y'amavuko i Washington

  • The Ben na Uwicyeza Pamella berekeje i Washington muri Amerika

  • Miss Pamella na The Ben bitabiriye Rwanda Day

Feb 01,2024

Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Rwanda akaba ari n’umugore wa The Ben yakoreye ibirori by’agatangaza i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Ni mu gihe uyu mu gore yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day.

Uwicyeza Pamela akigerayo yahise ahakorera ibirori byo kwizihoza umunsi we w’amavuko.

Soma n'iyi: The Ben abwiye amagambo akomeye umugore we, Uwicyeza Pamella wizihiza isabukuru ya mbere nyuma yo kurushinga

Reba amafoto.