Nyuma yo kumara igihe atagaragara mu Rukundo, umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda Ruvuyanga Emmanuel ubu aravugwa mu rukundo n’inkumi y’ikizungerezi.
Uyu mukobwa uvugwa mu munyenga w’urukundo na Ruvuyanga, ndetse bikaba bivugwa ko bagiye kuzarushinga yitwa Naomi Sandrine, ndetse akaba afite impanga ye basa foto copy, nayo yitwa Movila Sandra.
Reba Amafoto:
Total Comment 0