Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite - Imitoma 10 buri mukobwa wese aba yifuza kubwirwa n'umukunzi we

blog

Mugabo nawe musore ukeneye kubwira umugore cyangwa umukobwa mukundana amagambo meza kugirango ajye ahora akwiyumvamo ndetse ntazakurambirwe.

Dore amwe mu magambo abagore n’abakobwa bakunda ko wababwira.

1. Uri mwiza

2. Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite

3. I’m sorry (mbabarira cyangwa se unyihanganira)

4. Nukuri ntawagusimbura mu mutima wange

5. Ndugukumbuye ( I miss you)

6. Ndagukunda (I love you)

7. Baby iyo ndaye ntakuvugishije mba numva ubuzima bwahagaze

8. Ndagukeneye (I need you) iri barikunda cyane iyo uri mu bihe bigukomereye ukamwitabaza

9. Ndashaka ko uhura n’inshuti zanjye cyangwa se n’umuryango wange

10. Nukuri pe mba numva ari wowe wanyuma twakundana.

Total Comment 0