Umusaza w’imyaka 62 yasanze umugore we asambana n’abagabo 2 icyarimwe ibyo bamukoreye ni agahomamunwa
Mu Murenge wa Kabare, Akarere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’akababaro y’umusaza w’imyaka 62 witabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye n’abantu basanzwe bazwi muri ako gace. Nk’uko amakuru dukesha TV1 abivuga, uwo musaza bivugwa ko yasanze umugore we babanaga mu buryo…
Imyambarire ya Bianca Censori wa Kanye West yongeye kurikoroza – AMAFOTO
Umugore w’umuraperi Kanye West , Bianca Censori yongeye kurikoroza nyuma yo kongera kugaragara yambaye imyambaro yerekana ubwambure bwe ndetse itari isanzwe muri rubanda . Uyu mufasha w’umuraperi Kanye West uzwi nka Ye , yatangaje isi ubwo yashyiraga hanze amafoto amugaragaza…
Wari wicarana n’umukobwa ukabona arakureba atya? Dore ibimenyetso byakwereka ko umuntu atagukunda n’ubwo atabikubwira
Kumenya uko umuntu yiyumva kuri wowe ntibyoroshye, cyane cyane iyo atabigaragaza mu magambo. Ariko hari imyitwarire yoroheje ushobora kwitondera ikakwereka ko atagukunda nk’uko wabyibwira. Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu benshi bafite amarangamutima mabi ku bandi akenshi batabivuga, ahubwo bagahitamo kubigaragaza mu…
Dore ibintu utagomba kwibeshya ngo ukore kubera urukundo
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye. Hifashishijwe…
Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu minsi 7 gusa
Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura…
Abubatse: Dore iminota utagomba kurenza utera akabariro. Niba uyirenza uri mu kaga gakomeye
Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekanye igihe nyacyo abatera akabariro bishimira kumara muri iki gikorwa, hagaragazwa n’igipimo cy’abagera ku byishimo bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 4.400 bo mu Bwongereza n’urubuga lovehoney bwahishuye byinshi bikunda gushyira bamwe…
Dore ibintu 3 ukorera umugore buri joro akazarinda yipfira ataguciye inyuma
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Dore ibintu 3 byoroshye wakorera umugore wawe buri joro bigatuma abona ko umukunda…
Uko wakwikorera umuti wongerera ingufu umugabo mu gutera akabariro(vi****gra) w’umwimerere. Nta ngaruka utera kandi biroroshye
Viagra niwo muti uvura uburemba wabaye gikwira kuko niwo wabanje kugera ku isoko. Viagra ikaba ariyo Sildenafil. Gusa siyo yonyine ikoreshwa mu kuvura uburemba kuko hari na Levitra, Cialis n’indi itandukanye. Nubwo iyi miti ikoreshwa mu kuvura uburemba, ariko hari…
Dore amabanga 18 yagufasha gushimisha umugore wawe mu buriri iri joro ntazigere aryibagirwa
Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe. 1. Icya mbere ni…