Politics

Afurika y’epfo yahishuye impamvu abasirikare ba SADC batabashije kunyura ku kibuga cya Goma

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’amajyepfo (SADC) zitanyura ku kibuga cy’indege cya Goma bitewe n’uko kugisana bitari gushoboka ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butabigizemo uruhare. Mu…

Basubiranyemo benshi bahasiga ubuzima! Bombori bombori muri FARDC i Kinshasa

Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2025, ubwo umusirikare wo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida yarasaga akica abasirikare batatu b’itsinda rya PM (Police Militaire).  Ibi byabaye…

Ibyo AFC/M23 yakoreye indege ya FARDC bikomeje kuvugisha benshi

Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya AFC/M23 ikomeje gukara, amakuru mashya aturuka mu misozi ya Mulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko drone ya FARDC…