Miss Naomie yateye umutoma umukunzi we ubwo yizihizaga isabukuru y’amavuko
Miss Nishimwe Naomie yifurije umukunzi we Michael Tesfy isabukuru nziza y’amavuko, amuha isezerano ry’uko azaguma gusenga kugira ngo akomeze kuba umuntu mwiza nk’uwo ariwe. Mu mitoma iteye ubwuzu bwinshi cyane, miss Nishimwe Naomie yabwiye umukunzi we ko itariki 20 Mutarama…
Nyambo muri Firime umuturanyi yafashe umukunzi we ari hejuru y’undi mukobwa ibyo yabakoreye biratangaje
Umukinnyikazi wa Filime nyarwanda Nyambo, yavuze ukuntu umusore bakundanaga yamusanze arimo kumuca inyuma bikamubabaza ku buryo bukomeye. Uyu mukobwa avuga ko yaguye ku mukunzi we ari hejuru y’undi mukobwa ndetse uwo mukobwa akaba yari inshuti magara ya Nyambo. Ubwo Nyambo…
Kigali: Umukobwa yaryamanye n’abagabo 2 birangiye banga kumwishyura nk’uko bari babisezeranye. Reba ikintu gitangaje yakoze
Mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Kigarama haravugwa inkuru y’Umukobwa usanzwe ukora umwuga wo kwicuruza wakuyemo imyenda kubera ko abagabo baryamanye banze kumwishyura amafaranga bari bumvikanye. Ibi byabereye mu mudugudu wa Rutoki aho uyu mukobwa yaje kuryamana n’abagabo babiri…
Duhombye undi musore – Amafoto ya Davis D akomeje kuvugisha benshi – AMAFOTO
Ni imwe mu mafoto uyu muhanzi yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yayaherekeje ijambo ryo mu rurimi rw’igifara ” je m’en fous” bisobanuye ngo Simbyitayeho. Imwe muri aya mafoto yashyizwe ku rubuga rwa Twitter n’uwiyise NO-BRAINER ayiherekeza amagabo agira…
Bijoux yyibarutse ubuheta
Munezero Aline wamenyekanye muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko Filime y’uruhererekane izwi nka Bamenya akinamo yitwa Bijoux yibarutse umwana wa kabiri amakuru amaze igihe yaragizwe ibanga rikomeye. Bijoux yibarutse uyu mwana nyuma y’amakuru yavuzwe y’uko yatandukanye na Lionel Sentore bari barakoze ubukwe…
Couples zatwitse muri 2022 n’ubu rukaba rukigeretse – AMAFOTO
Zimwe muo Couple zatigishije imbugankoranyambaga muri 2022 kubera ibihe byiza bagiye bagirana bakabisangiza ababakurikira ndetse benshi bakagaragaza ko bishimiye uburyohe bw’urukundo barimo. 1. Shaddyboo & Manzi Jeannot Shaddyboo umaze igihe atigisa imbuga nkoranyambaga z’u Rwanda, yari amaze imyaka myinshi avuga…
Ku myaka 89 akiri imanzi yashyingiranwe n’umugore w’imyaka 40 bamaze imyaka 20 bakundana – AMAFOTO
Umusaza w’imyaka 89 uvuga ko yari akiri imanzi yarongoye umukobwa w’imyaka 40 ufite abana batatu yabyaye mbere y’uko babana. Aba bombi, Johana Maritim Butuk na Alice Jemeli, batuye mu ntara ya Uasin Gishu,muri Kenya,bambikanye impeta tariki 14 uku kwezi kwa…
Mu kugerageza umugore we yahaye umugabo amafaranga ngo aze aterete uyu mugore kugeza baryamanye. Reba ikintu gitanga cyabaye
Uyu mugabo ngo yari amaze igihe akeka umugore we ko amuca inyuma cyangwa se ashobora kubirkora mu gihe yaba abonye uburyo. Maze yigira inama yo gukoresha incuti ye ndetse ayishyura amafaranga. Uyu mugore ni we ubwo witangiye ubuhamya. Yagize ati:…
Gasabo: Ikamyo yakoze impanuka ihitana umuntu umwe
Mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, habereye impanuka y’ikamyo yari ipakiye itaka, bikekwa ko yabuze feri ubundi ikagenda igonga ibyo yasangaga mu cyerekezo yari irimo birimo n’indi modoka yangije cyane ndetse ikagwamo n’umwe mu…
Ni akumiro: Umugabo yatashye asanga inzu ye yahiye yakongotse
Itangishaka James usanzwe ari umu ‘Bouncer’ ukorana bya hafi na The Mane Music, yatunguwe no kuva ku kazi asanga inzu ye yahiye yakongotse ku buryo nta kintu na kimwe cyarokotsemo. Uyu musore usanzwe akorana na The Mane Music ariko ntibimubuze…