Ian Kagame mu basirikare barinda Perezida Kagame
Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame,yagaragaye mu barinda se nyuma y’amezi make ahawe ipeti rya sous lieutenant. Uyu musirikare ukiri muto, aheruka kwinjira igisirikare tariki 04 Ugushyingo, 2022 ubwo we na bagenzi be barahiriraga kwinjira mu ngabo z’u Rwanda,…
Umusore akomeje guca ibintu nyuma yo kwishyura asaga miliyoni 15RWF kugirango ase n’imbwa bubwa – VIDEO
Uyu musore uzwi nka Toco cyangwa Toko ubu avuga ko yishimye kandi inzozi ze zabaye impamo nyuma yo gukoresha umwambaro utuma asa n’imbwa bubwa wamutwaye akayabo gasaga miliyoni 15RWF. Uyu musore ni umuyapani. Yahaye akazi kompanyi ikora imyambaro ikoreshwa mu…
Ubwiza n’ikimero bya Akhona umusifuzikazi uzajyana na Mukansanga mu gikombe cy’Isi – AMAFOTO
Akhona Makalima uzwiho uburanga nk’umusifuzi w’umugore mu mupira w’amaguru, niwe mugore wa mbere muri Afurika y’Epfo wahawe ibyangombwa na FIFA. Akhona Makalima ukomoka muri Afurika y’Epfo, Mukansanga Salma w’umunyarwanda na Amedome ukomoka muri Togo, nibo basifuzi batatu b’abagore bazayobora imikino…
Yannick Mukunzi Yakoze ubukwe n’umukunzi we – AMAFOTO
Yannick Mukunzi ukinira Sandvikens IF yo muri Suéde n’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, yasabye anakwa umugore we Iribagiza Joy bamaze igihe babana. Aba bombi beretse ibirori inshuti n’imiryango yabo kuri uyu wa 8 Mutarama 2023. Mukunzi na Iribagiza bakoreye imihango yo gusaba…
Miss Pamella yongeye gutera umutoma ukomeye The Ben ku munsi w’isabukuru ye – AMAFOTO
Mu masaha make Uwicyeza Pamella abinyujije kuri konti ye ya instagram, yasangije abamukurikira amashusho mato ari kumwe na The Ben, maze amugenera ubutumwa ku isabukuru ye y’amavuko. Miss pamella yagize ati: ’’Isabukuru nziza mukunzi uri buri kimwe cyose cyabeye kuri…
Rayon Sports yatangiye imyitozo iri kumwe na Héritier Luvumbu iherutse gusinyisha mu kwitegura Musanze FC iherutse kuyikora mu jisho – AMAFOTO
Héritier Luvumbu uheruka gusinya amasezerano y’amezi atandatu muri Rayon Sports yamaze gutangira imyitozo yitegura imikno yo kwishyura muri shampiyona y’u Rwanda. Rwatubyaye Abdul nawe yakoze imyitozo yoroheje hanze y’ikibuga, bivugwa ko shampiyona izagaruka ahageze neza.Hari icyizere ko kuwa 20 Mutarama…
Cristiano Ronaldo yarashe imbogo mu muhango wo kumwakira muri Al Nassr – AMAFOTO
Kizigenza Cristiano Ronaldo yakiriwe muri Al Nassr Football Club mu birori bikomeye byabaye ku mugoroba w’uyu wa Kabiri,tariki ya 03 Mutarama 2023. Cristiano Ronaldo n’umuryango we beretswe umuryango mugari wa Al Nassr muri ibi birori by’akataraboneka . Ibi birori byahagurukije…
Manchester City iyoiboye urutonde rw’amakipe ahenze ku isi muri Ruhago
Ikipe ya Manchester City iyoboye izindi mu kugira ikipe ihenze aho yigaranzuye ibindi bihangange nka Real Madrid na PSG. Iyi Manchester City yigaruriye Ubwongereza mu myaka 5 ishize, yahize andi makipe aho nibura abakinnyi bayo bose ubagurishije wakwinjiza asaga miliyari…
M23 yambuye FARDC n’imitwe bafatanyije imbunda n’amasasu byinshi bamwe bati: “M23 yahawe Ubunani”
Ku mbuga nkoranyambaga hagaragajwe intwaro nyinshi n’amasasu umutwe wa M23 wambuye ingabo za FARDC n’imitwe bafatanyije aho bamwe batebyaga bkavuga ko M23 yahawe ubunani. Nyuma y’imirwano iremereye hagati y’umutwe wa M23 na FARDC iri guterwa ingabo mu bitugu n’imitwe y’inyeshyamba…
Ntibisanzwe: Umugabo ufite uburebure bwa metero 2.80 kandi akaba agikura akomeje gutangaza benshi – AMAFOTO
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa Sulemana Abdul Samed bigasanga afite uburebure bwa metero 2 na santimetero 83 kandi ko agikura. Ibi byamugize umugabo muremure kurusha abandi bose ku isi gusa ibi…