Umukobwa yahagaritse ubukwe bubura icyumweru kimwe ngo bube nyuma yo kuvumbura ikintu gitangaje ku wari ugiye kuba umugabo we
Umugore yahishuye ko yahgaritse ubukwe yahoraga arota habura icyumweru 1 gusa ngo butahe nyuma yo kuvumbura ko umugabo we areba firime z’urukozasoni. Umukunzi wa Claire yari yarahishe iri banga mu myaka 4 yose bari bamaze bateretana. Ubwo Claire yabivumburaga yarababaye…
Cristiano Ronaldo yerekeje muri Al Nassr ku masezerano azajya amuhemba asaga miliyoni 500RWF bui munsi
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo yamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr yo mu mujyi wa Dubai muri Saudi Arabia,aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka 2 n’igice. Uyu mugabo wari umaze imyaka ikabakaba 20 akina I Burayi,agiye gukorera amafaranga mu ikipe ya All Nassr,…
Inzira ntibwira umugenzi: Umugeni yabenzwe imisango y’ubukwe irimbanyije azira uwo yagiriye neza
Umusore wo muri Ghana ari guca ibintu hirya no hino kubera guhagarika ubukwe bwe bwatangiye nyuma yo kuvumbura ko ugiye kumubera umugore yabanje gusambana n’uwo bahoze bakundana amusezera. Ubu bukwe yabuhagaritse ubwo yari amaze kugera ku rusengero ahitwa Kasoa mu…
Indege yaguriwe gutwara Perezida w’Uburundi yaheze aho yagiye gukoreshwa
Indege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cy’indege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bikagaragara ko ifite ibibazo bitahita bikira. Mu 2016 nibwo u Burundi bwashyikirijwe iyi ndege iturutse muri…
Ethiopia: Impyisi zikomeje kwibasira benshi i Addis Ababa.zatangiye guhigwa bukware
Ikigo gishinzwe inyamaswa muri Ethiopia kiri kuyobora ibikorwa by’itsinda ry’abahigi barimo guhiga no kwica impyisi hafi y’umurwa mukuru, Addis Ababa. Ni nyuma y’uko ibitero by’izo ‘mahuuma’ ku bantu byiyongereye cyane muri uwo mujyi n’inkengero zawo. Mu myaka ibiri ishize, abantu…
Leonardo DiCaprio wakinnye muri Titanic yitwa Jack ari mu rukundo n’umukobwa akubye 2 mu myaka
Umukinnyi wa Fiimi, Leonardo DiCaprio wamamaye nka Jack muri filimi Titanic, ari mu rukundo n’umukobwa w’imyaka 23 witwa Victoria Lamas, kandi we afite imyaka 48. Uyu mwana w’umukobwa uri gukundana na Leonardo yavutse muri 1999,nyuma y’imyaka ibiri hasohotse filimi yakoze…
Umugabo yaretse ishuri kugirango yite ku mugore we n’umwana bari bamaze kubyarana. Reba ikintu kibabaje cyane yaje kuvumbura nyuma y’imyaka 6 abitaho
Umugabo witwa James yavuze agahinda yahuye na ko nyuma yo kwitangira umugore we n’umwana yari yabyaye mu gihe cy’imyaka 6 yose ndetse ibi bikaba byaratumye ahagarika amashuri ye. James avuga ko ubwo yari mu mwaka wa 2 wa Kaminuza, umukunzi…
Mico The Best arimo kwishyuza Diamond Platinumz umwenda umaze imyaka 9
Mico The Best uri kwishyuza Diamond yakamejeje, nyuma yo kugeza ikirego cye mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akamenya ko uyu muhanzi atakigeze mu Rwanda kuri ubu yambariye gukurikirana ikirego cye muri Tanzania. Ku wa 20 Ukuboza 2022 nibwo RIB yakiriye…
MINEDUC yashyize hanze ingengabihe nshya y’amasomo izakurikizwa mu mashuri kuva kuwa 1 Mutarama 2023
Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze itangazo rigaragaza amasaha mashya y’ishuri aho rizajya ritangira saa mbili n’igice rigasozwa saa kumi n’imwe. MINEDUC yavuze ko iyi ngengabihe ireba amashuri ya Leta, afashwa na Leta ku bw’amasezerano n’ayigenga akurikiza integanya nyigisho ya Leta. Iyi…
Uburanga bwa Miss Muheto wujuje imyaka 19 afite imodoka ye kandi yitwara – AMAFOTO
Nshuti Divine Muheto ni umukobwa wanyeganyeje imbuga ku mbuga nkoranyambaga ubwo habaga amajonjora y’abakobwa bazahagararira Intara y’lburengerazuba mu marushanwa ya Miss Rwanda 2022. Yaje mu bakobwa 9 babonye itike yo guserukira iyi Ntara. Ubwiza bwa Muheto bwatangaje abatari bake aho…