Ikipe ya Morocco yakiriwe nk’abami i Rabat nyuma yo gukora amateka mu gikombe cy’isi – AMAFOTO
Ikipe ya Maroc yaraye yakiriwe neza cyane iwabo nyuma yo gukora amateka yo kuba ikipe ya mbere muri Afurika igeze muri 1/2 cy’irangiza mu gikombe cy’isi. Maroc yagaragaje ko ikomeye iyobora itsinda nyuma yo gutsinda Ububiligi,muri 1/16 isezerera Spain hanyuma…
Umugore yaciye inyuma umugabo we mbere gato y’uko bakora ubukwe gusa aza kwiyemeza kubibwira umugabo we no kumusaba imbabazi. Reba ikintu kibabaje cyane yaje kuvumbura
Nyuma yo guca inyuma umugabo we biteguraga kurushinga uyu mugore ntiyigeze agoheka kuko yahoranaga agahinda ndetse anishinja ubuhemu ibintu byatumye yiyemeza kuzabibwira umugabo we ndetse akanamusaba imbabazi. Florence(izina twahinduye ku bw’umutekano we) yaratwandikiye atugezaho ubuhamya bwe aho agira ati: “Habura…
Chorale de Kigali yasohoje zimwe mu nzozi za Yvan Buravan – AMAFOTO
Mu gihe amarira agishoka ku matama y’abakunzi b’umuziki by’umwihariko abakundaga Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana, Chorale de Kigali yongeye gukirigita amarangamutima y’abakunzi b’uyu muhanzi bongera gusuka amarira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumva uko basubiyemo indirimbo ye. Mu gitaramo cya…
Umugore yasabye gatanya n’umugabo we nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyingiwe ibyo urukiko rwamutegetse biratangaje
Nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyingiwe, umugore yahawe gatanya gusa ategekwa kugarura inkwano ndetse n’igikapu cy’imyenda yahawe n’umugabo we ubwo bashyingiranwaga. Uyu mugore ukomoka muri Nigeria, Maryam Dahiru, yagejeje ikifuzo cyo gutandukana n’umugabo we Salihu Yakubu mu rukiko rugendera kuri Sharia…
Aggy uvugisha benshi kubera imiterere ye aritegura kubyara(AMAFOTO)
Umunyaideli uri mu batangarirwa na benshi ku mbugankoranyambaga kubera imiterere ye itangaza benshi uzwi nka Aggy Nkurunziza yatangaje ko yitegura kwibaruka umwana byishimirwa na benshi. Aggy mu butumwa buherekejwe n’amafoto bigaragara ko akuriwe yashyize hanze, yagize ati: “Ndumva nishimiye guhura…
Umusore wendaga gutera ivi yagerageje umukobwa mu buryo butangaje. Dore ikintu gitangaje yaje kuvumbura
Umusore washyize hanze iyi nkuru avuga ko ari ibyabaye kuri mubyara we wendaga gutera ivi ngo asabe umukobwa ko bashyingiranwa gusa akaza kwigira inama yo kubanza kumenya neza ko koko ari umukobwa yagira umugore we. Uyu musore ubwo yendaga gutera…
Umugore wa Pastor yirukanye umukozi we wo mu rugo wari utwite. Ubutumwa yamwoherereje nyuma y’amezi 6 amwirukanye bwatumye ahahamuka
Uyu mugore utashatse ko amazina ye atangazwa yahishuye amateka ye ababaje cyane yatumye yandura virusi itera SIDA akaba ayimaranye imyaka 11. Kuri we, kubana n’ubwandu bwa virus itera SIDA ntaho bihuriye n’igikomere cy’umutima ndetse n’agashinyaguro yahuye na byo ubwo yamenyaga…
Imana ntirenganya: Nyuma yo gutabwa n’ababyeyi be akivuka kubera kuvukana isura itangaje irebere ikintu gikomeye cyamubayeho nyuma
Kuvukana ubumuga cyangwa se ukavuka utameze nk’abandi bishora gutera umwana kunyura mu buzima bugoye cyane. Ibi ni ko byagenekeye Jono aho ababyeyi be banze kumurera kubera ko yari afite isura idasanzwe. Jono yanyuze mu buzima bukomeye kuva mu bwana bwe…
Reba Ibyo Umusore Yabwiye Umukobwa Bakundana Mbere Y’uko Apfa Byateye Benshi Agahinda
Bibiliya ivuga ko hari umunsi urupfu rutazongera kubaho. Uwo munsi kandi abapfuye bose bazazuka bongere kubaho bundi bushya. Uyu ni wo murongo ukomeye ufasha ababuze ababo kubera urupfu. Urupfu rurababaza, rutwara abo umuntu akunda kurushaa bandi maze rukabasigira uburibwe budashobora…
Ntihakagire umugore ubeshyera mugenzi we ko yamutwaye umugabo kuko umugabo ari nka Mwuka Wera – Ebiere abwira bagenzi be
Ebiere Yousuo ukomoka muri Nigeria avuga ko nta mugore ukwiye kubeshyera umugore mugenzi we ngo yamutwaye umugabo kuko bidashoboka. Yagize ati: “Ntibishoboka ko umugore yatwara umugabo wa mugenzi we. Umugabo nti nka Mwuka Wera cyangwa Roho w’Imana. Ahitamo gutura mu…