Maroc ibaye ikipe imwe rukumbi ya Afurika yinjiye muri 1/4 cy’igikombe cy’isi Qatar2022
Hitabajwe penariti ikipe y’igihugu ya Espagne yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Morocco ihagarariye umugabane w’Afuruka, mu mikino ya 1/8 mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera muri Qatar. Mu mukino watangiye gukinwa saa kumi n’imwe kuri Education City Stadium, ikipe y’igihugu…
Qatar: Sitade ya 974 yatangiye gusenywa nyuma yo gukinirwaho iminota 630 gusa nk’uko byari biteganyijwe – AMAFOTO
Sitade ya 974 yaraye yakiriye umukino wa Brazil na Korea y’Epfo yatangiye gusenywa nyuma yaho imikino yagomba kuzakira yarangiye. Sitade ya 974 ni yo sitade ya mbere yakiriye imikino y’igikombe cy’Isi ariko yubatswe mu buryo bwimurwa. Yubatse mu buryo butangaje…
Biratangaje: Umugore yamenye ko umugabo we amuca inyuma kubera kogosha umusatsi wo ku bice bye by’ibanga
Abacamanza batunguwe no kumva ubuhamya bw’umugore wasabaga gatanya yemeza ko umugabo we amuca inyuma. Uburyo yabivumbuyemo buratangaje. Uyu mugore uzwi nka Karen yabwiye urukiko ko ashaka gutandukana n’umugabo we kuko yamenye ko amuca inyuma. Urukiko rwamubajije icyo ashingiraho avuga ko…
Ruhango: Indi modoka yo mu bwoko bwa HOWO yakoze impanuka ikomeye – AMAFOTO
Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yakoreye impanuka mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi ihitana umuntu umwe abandi batanu barakomereka. TV1 dukesha iyi nkuru yagaragaje iyi modoka itukura yaguye munsi y’umuhanda w’igitaka. Izi modoka zo mu bwoko bwa…
Zari yongeye gutigisa imbuga nkoranyambaga ku isabukuru y’umukunzi we – AMAFOTO
Zari Hassan, umubyeyi w’abana 5 yise umukunzi we umwami, amwifuriza kuramba n’umugisha, undi na we amutangariza akamuri ku mutima mu bihe byose bamaranye. Shakib uri mu munyenga w’urukundo na Zari, imyaka yujuje nabwo izwi, ariko ibarirwa muri 31 nk’uko bimwe…
Umukobwa yahishuye ukuntu yakunze se cyane kugeza amugushije mu mutego bakaryamana. Ibyakurikiyeho ni agahomamunwa
Amazina yanjye ni Stella, mfite imyaka 25 y’amavuko, natangiye kumva nkunze cyane data ubwo nari mfite imyaka 21 niga muri kaminuza, ababyeyi bacu bashakanye bakiri bato cyane ku buryo twabyirutse utamenya ko ari bo bambyara kuko ni nkaho twanganaga mu…
Umukobwa yasabye umusore kutazatera akabariro mbere yo gushyingirwa gusa aho bashyingiriwe ibyo yamukoreye ni agahomamunwa
Ni kenshi abantu bashobora gufata icyemezo cyo kwifata kugeza barushinze mu rwego rwo kurinda urukundo rwabo no kuzanezerwa mu rugo rwabo uko bikwiye. Ibi ni ko byagendekeye Angela gusa ntiyabashije kunezerwa mu rugo rwe uko yabirotaga. Angela yize ibijyanye n’ubuhinzi…
Prince Kid yasohokanye bwa mbere mu ruhame na Miss Elsa wabaye nk’umwitangira ubwo yatwabwaga muri yombi – Bamwe bati: “Mukore ubukwe”
Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa bagaragaye bari kumwe n’inshuti zabo mu gitaramo cya Kigali Fiesta cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa 3 Ukuboza 2022. Nkuko amashusho yafashwe na IGIHE abigaragaza,aba bombi bari bahawe ibyicaro biri mu…
WordCup: Ubwongereza bwatsinze butababarira Senegal buyisezerera muri 1/8 cy’irangiza – AMAFOTO
Ikipe y’Ubwongereza yatsinze irusha Senegal ibitego 3-0 mu mukino wa 1/16 ihita ikatisha itike yo guhura n’Ubufaransa muri kimwe cya kane kirangiza mu gikombe cyisi Mu mukino wabereye kuri Stade ya Al Bayt,Senegal yari yitezwe n’abanyafurika yabatengushye itsindwa ibitego 3-0,ihita…
Umugabo yababariye umugore we yamuciye inyuma. Reba ikintu kibabaje yavumbuye nyuma yaho
Umusore ukiri muto yashenjaguritse umutima nyuma yo gupimisha DNA y’umwana we agasanga si uwe ndetse si uwo umugabo yari azi wahoze aryamana n’uyu mugore(Umu-ex w’umugore we) mbere y’uko bashyingiranwa. Dr. Penking abinyujije kuri Twitter yagaragaje uko byagenze muri uru rugo…