Manchester United yamaze kubona umusimbura wa Maguire ihanganiye cyane na Liverpool
Ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’Ubwongereza ishaka umusimbura wa Harry maguire iri mu rugamba rutoroshye rwo gushaka uko yakibikaho myugariro ukomeye cyane ihanganiye bitoroshye n’ikipe ya Liverpool itozwa na Jurgen Klopp. Ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo mu…
Neymar Jr n’umugore we babyaye umwana w’umukobwa
Umukinnyi w’icyamamare binamaze kugaragarako yigaruriye imitima ya benshi hirya no hino ku Isi, Neymar Da Silva Santos Junior n’umugore we Bruna Biancardi babyaye umwana wabo wa kabiri w’umukobwa. Neymar ni umukinnyi ufite inkomoko yo mu gihugu cya Brazil, kuri ubu…
Umuhanzikazi Sexyy Red, yafatiwe ingamba zikaze nyuma y’amashusho y’urukozasoni yashyize hanze
Umuhanzikazi uri mu bagezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Sexyy Red, uherutse gushyira amashusho y’urukozasoni ku rukuta rwe rwa Instagram, yafatiwe ingamba na Instagrama zo kuba konti ye ya Instagram yafunzwe by’igihe gito. Konti ya Sexyy Red yabuze ku…
Byari udushya mu bukwe bwa Zari n’umugabo we Shakib
Nyuma y’amezi atanu yambwitswe impeta, Zari Hassan, uzwi nka Bosslady yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Shakib Lutaaya mu bukwe bwabereye muri Afurika y’Epfo. Ubukwe bwa Zari Hassan w’imyaka 43 na Shakib Lutaaya w’imyaka 31, bwabaye kuwa 03Ukwakira 2023, ni nyuma…
Impamvu Ikomeye Yatumye Salima Akurwa Mu Bazasifura Igikombe Cy’Afurika Yamenyekanye
Urujijo rwamaze gukurwaho nyuma y’igihe abantu benshi bibaza impamvu nyamukuru yatumye Umunyarwandakazi Mukansanga Salima akurwa ku rutonde rw’Abasifuzi bemerewe gusifura igikombe cya Afurika. Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba…
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yajyanywe mu rukiko azira kwiba umwana
Umuherwe wa mbere ku isi, Elon Musk yagejejwe mu rukiko n’umuririmbyikazi babyaranye umwana nyuma yo kumushinja kwanga kumumuha – Ibyo bamwe bahuje no kumumwiba. Umuririmbyi Grimes yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk, umuntu ukize kurusha…
Ubutumwa Gualdiola yageneye Arsenal mbere yo guhura bwateye ubwoba abafana bayo
Umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Gualdiola yageneye ubutumwa ikipe ya Arsenal mbere y’uko bacakirana mu mukino utoroshye wa shampiyona uzabahuza kuri iki cyumweru. Mu kiganiro uyu mutoza yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’umukino wa Champions League Manchester City yatsinzemo RB Leipzig…
Umugore yaciye igikuba, nyuma yo kugaragara ku kibuga cy’indege asa nk’uwambaye ubusa buriburi
Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amashusho agaragaza umugore wari ku kibuga cy’indege, aho yari ari kumurongo n’abandi ubwo berekezaga aho bafatira indege, muri ayo mashusho agaragaza ko uyu mugore yambaye ubusa buriburi ku gice cyo hepfo (nta pantalo yari…
Miss Vanessa yavuzeko yazinutswe abagabo nyuma y’ibyo yababonyeho
Miss Uwase Raissa Vanessa wamamaye cyane ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2015, kuva ubwo akaba umwe mu bagarukwaho ku mpapuro z’imbere mu binyamakuru byandika imyidagaduro kubera inkuru z’urukundo rwe, yahishuye ko yamaze guhurwa ibyo gukundana. Miss Uwase Raissa Vanessa…
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatunguranye avuga ko adashyigikiye ubutinganyi- Icyakurikiyeho
Abantu benshi batunguwe bumvise imbwirwaruhame ya Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza avuga ko abigisha ko ubutinganyi ari ikintu gisanzwe bibeshya cyane- Ibintu byatumye hakurikiraho kumuha amashyi y’urufaya. Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yatangaje ko nta rujijo rukwiriye kubaho ku bijyanye n’irangamimerere…