Afghanistan: Bemeye guparamira indege nka Comando muri Filimi kugirango bahunge Abatalibani gusa yageze mu kirere barahanuka – AMAFOTO
Abanya Afghanistan bakomeje gushaka uburyo bwose butuma bahunga igihugu nyuma y’aho Abatalibani bagifashe mu minsi ishize bikavugwa ko banatangiye kwica abantu bamwe na bamwe. Mu mashusho ateye ubwoba yakwirakwijwe hose,yagaragagaje abantu benshi cyane bari ku kibuga cy’I Kabul hanyuma…
Perezida wa Afganistani yatunguye isi ubwo yahunganaga imodoka 4 na kajugujugu byuzuye amafaranga
Ambasade ya Amerika i Kabul, yatangaje ko Ashraf Ghani wari Perezida wa Afghanistan ahunga igihugu cye yajyanye imodoka enye na kajugujugu byose byuzuye amafaranga, gusa biba ngombwa ko amwe ayasiga kuko yabuze uko yayatwara yose. . Perezida wa Afganistan…
Agakiriro ka Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, inkongi yibasiye agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi. Ababonye iyi nkongi bavuga ko yatangiye saa 8h50 za mu gitondo, itewe n’umuriro w’amashanyarazi,…
Doreen wakize agakoko gatera SIDA nyuma y’imyaka 29 akagendana yagiriye inama abandi baba bafite ubu bwandu
SIDA, uyanduye biba ngombwa ko agomba gukoresha imiti igabanya ubukana kugira ngo abashe kuramba ntapfe imburagihe, gusa mu bihugu bitandukanye hari abantu cyane abakobwa baretse imiti ibyo ari naho Doreen Moraa yahereye abagira inama kuko we yerekana ibyiza byo kwemera…
Ukuri ku ikinamico iri gukinwa na Kwizera Olivier, Nishimwe Blaise na Rugwiro Herve bagifitiye amasezerano Rayon Sports
Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2020/21 urangiye APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yinjiye mu bibazo by’urusobe bijyanye n’abakinnyi bashakaga kuyisohokamo ndetse n’abayisohotsemo kandi bakiyifitiye amasezerano, bamwe banayijyana mu manza, abandi basezera imburagihe nk’iturufu yo kuyisohokamo….
Ba Kapiteni 4 bahuriye mu ikipe imwe, hazakina nde hazasibe nde? Hazayobora nde? Dore 11 ba PSG harimo 2 bakuze bazirana
Nyuma yo gusinyisha Lionel Messi, ubu isi y’umupira w’amaguru amaso yayerekeje mu gihugu cy’Ubufaransa habarizwa ikipe ya Paris Saint Germain, igiye gutangira umwaka w’imikino ariyo kipe ihemba amafaranga menshi ku isi. . Ninde uzaba Kapiteni wa PSG? . Abakinnyi…
Mozambique: Byabaye inshoberamahanga uko ingabo z’u Rwanda 1000 zahiduye ibintu mu byumweru 2 gusa. Uko abanyamahanga babona izi ngabo
Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho…
Lionel Messi yatambagijwe Paris mu cyubahiro cy’abaperezida. Amafoto
Rutahizamu ukomeye ku isi,Lionel Messi,yaraye ageze mu mujyi wa Paris aho yawuzengurutse arinzwe cyane n’abapolisi ndetse n’amamodoka menshi cyane nk’uko biba bimeze ku baperezida bakomeye. . Lionel Messi yatambagijwe Paris arinzwe cyane . Lionel Messi yamaze gusinyira Paris Saint…
Lionel Messi yamaze kwerekeza muri PSG aho Yakiriwe nk’umwami w’abami – AMAFOTO
Ntabwo bikiri inkuru,umunyabigwi,Lionel Messi,yamaze kugera mu mujyi wa Paris aho yagiye gusinya amasezerano y’imyaka 2 akinira ikipe ya Paris Saint Germain ikomeye kurusha izindi zose mu Bufaransa. . Lionel Messi yakiriwe nk’imwami w’abami i Paris . Messi n’umuryango we…
Nyuma y’igihe gito Bijoux wo muri ‘Bamenya’ asubije impeta Benjamin yerekanye umuhanzi yamusimbuje [AMAFOTO]
Munezero Aline uzwi cyane ku izina rya Bijoux muri filime y’uruhererekane yitwa Bamenya nyuma y’igihe gito atangaje ko atakiri mu rukundo n’umusore wari wa mwambitse impeta yagaragaje umuhanzi bari mu munyenga w’urukundo witwa Lionel Sentore na we waherukaga kwambika impeta…