Imbwa irashinjwa kubuza Umunya-Kenya kuba uwa mbere muri marathon
Umusenateri wo muri kenya yanenze cyane inzego zishinzwe imikino ko ntacyo zakoze ngo zegezeyo imbwa yirukaga inyuma y’umukinnyi ubwo yirukaga mu isiganwa ryabereye muri Argentine. Iri saganwa (marathon) ry’ibirometero 42 ryabaye mu cyumweru gishize aho imbwa yirutse inyuma y’umukinnyi w’umunya-Kenya…
Ibibazo by’ubukungu biri mu bushinwa waba ari umutwaro uremereye isi ? Bivuze iki kuri twe ?
Muri iyi minsi mu gihugu cy’Ubushinwa haravugwa ikibazo cy’ubukungu butifashe neza ndetse byatangiye kuvugwa ko ingaruka zishobora no kugera ku batuye isi yose. Hari imvugo ngo ‘iyo Amerika yitsamuye, isi yose irwara ibicurane’. Ese bigenda bite iyo Ubushinwa bwo bumerewe…
Hatahuwe amanyanga yatumye ibirayi bya Kinigi bigera ku mafaranga 1500
Toni eshanu z’imbuto z’ibirayi zafashwe zigiye kwambutswa umupaka kugurishwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo mu buryo bwa magendu. Izi mbuto zahise zishyikirizwa abaturage bari barazibuze bazibahera ku buntu mu Karere ka Rubavu, RBA dukesha iyi nkuru yagaragaje aba baturage…
Impungenge ku mutekano wa The Ben i Burundi – Igitaramo kizabera mu kigo cya gisirikari
Abategura igitaramo cy’umuhanzi The Ben agiye gukorera mu Mujyi wa Bujumbura i Burundi, batangaje ko basabwe ko kigomba kubera mu kigo cya Gisirikare mu rwego rwo gucunga umutekano w’abazacyitabira. Ni igitaramo kizaba ku wa 01 Ukwakira 2023 cyimuriwe ahitwa muri…
“Kwigera ipantalo ya so ntibikugira umugabo wa nyoko” KNC akojeje agati mu ntozi
Mu kiganiro kuri Radio1 cya mugitondo, habura umunsi umwe gusa ngo rwambikane hagati y’ikipe ya Gasogi United FC n’ikipe ya Bugesera FC, Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yaburiye ikipe ya bugesera mu magambo yakoresheje asubiza abafana ba…
Nyuma ya video yabiciye kakahava, Ikizungerezi Umuhoza Laika, gitumye Harmonizer ava ku izima
Ibyatangiye ari ugukorana indirimbo hagati y’umuhanzi Harmonize n’Umunyarwandakazi, Umuhoza Laika, bishobora kuba bigeze kure cyane ko bombi bakomeje kugirana ibihe byiza. Harmonize yakiriye mu rugo iwe Laika, abifashijwemo n’inshuti ze zo muri Uganda babasha kugirana ibihe byiza. Harmonize na Laika…
Abasore: Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka umukobwa ugukunda by’ukuri
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe…
Mu gisa nk’ubutasi hahishuwe umutoza wo mu Bwongereza uzasimbura Ancelotti wa Real Madrid
Mu ibanga rikomeye cyane hahishuwe inyandiko y’ikipe ya Real Madrid iriho umutoza utoza muri premier league mu Bwongereza wifuzwa cyane ku mwanya wa mbere n’ikipe ya Real Madrid. Bivugwa ko Carlo Ancelotti yamaze kumenyesha ubuyobozi bw’ikipe ya Real Madrid ko…
Tito Rutaremara areruye avuga abantu batifuza ko perezida kagame akomeza kuyobora
Kuri uyu wa kane Tito Rutaremara uzwi cyane muri politiki y’u Rwanda yahishuye nta guca ku ruhande abantu batifuza ko perezida Paul Kagame akomeza kuyobora ndetse avuga n’uko bangana. Mu butumwa burebure uyu musaza uri mu bagishwa inama yatambukije ku…
Dore indyo nziza iharawe yagufasha kubyibuha n’iyagufasha kunanuka mu kanya nk’ako guhumbya-AMAFOTO
Muri iyi minsi inkundura y’abifuza kubyibuha cyangwa kunanuka irarimbanyije cyane aho usanga hari ubyibuha bikamubangamira mu gihe hari unanutse usanga yifuza kubyibuha. Hari uwavuze ngo turi ibyo turya. Menya amafunguro yagufasha mu byo wifuza. “Ariko urananutse cyane kuburyo ushobora…