Mu marira n’ikiniga byinshi, Lionel Messi yasezeye Barcelone anavuga ku makuru amwerekeza muri PSG – AMAFOTO
Kuri iki gicamunsi nibwo Lionel Messi yagize ikiganiro n’itangazamakuru agaruka ku isezera ndetse n’uko yatandukanye na Barcelona yari amazemo imyaka 21 ariko bigeraho biranga amarira amubunga mu maso kubera ikiniga kinshi. . Lionel Messi yasezey kuri FC Barcelone ….
Miss Bahati Grace yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal shower [AMAFOTO]
Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 witegura gukora ubukwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka “Bridal Shower.” . Miss Bahati Grace yasezeweho n’urungango . Miss…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye gusakirana n’inyeshyamba zicamo zimwe muri zo hanafatwa ibikoresho byinshi – AMAFOTO
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zikomeje guhashya imitwe y’iterabwoba muri Mozambique, kuko kuri uyu wa Gatandatu zishe abarwanyi bane mu gitero zagabye ahitwa “1st May”. . Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 4 zinafata ibikoresho byazo . Ingabo za RDF n’iza…
Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18. Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora…
Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. …
Miss Amanda Isimbi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga yibarutse umukobwa
Miss Isimbi Amanda wabye nkampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2013 na Wamukota Tom Bush usanzwe ari umukinnyi wa Patriots BBC bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa . Miss Amanda yabyaye umukobwa . Miss Amanda…
Su-57: Ibidasanzwe ku ndege y’indwanyi yo mu gisekuru cya 5 y’Abarusiya yitezweho guhanga n’iza mukeba wabwo USA – AMAFOTO
Indege ya Sukhoi Su-57 ni indege y’intambara yo mu gisekuru cya gatanu yakorewe igisirikare kirwanira mu kirere cy’Abarusiya. Inzobere mu by’igisirikare cyo mu kirere bahamya ko ubushobozi bwa Su-57 buje kongerera imbaraga zidanzwe igisirikare cy’Abarusiya. Iyi ndege ifite agaciro kabarirwa…
Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza
Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe…
Abanyeshuri baciye imyenda abandi batwika amakaye bigiragamo nyuma yo gusoza ikizamini cya Leta – AMAFOTO
Ku mbugankoranyambaga by’umwihariko Twitter,hakomeje gucaracara amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta barangije bishwanyagurizaho imyenda y’ishuri abandi batwika amakayi bigiyemo. Muri aya mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje bamwe muri abo banyeshuri bakataguye imyenda y’ishuri bambaye mu gihe hari abandi…
Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso
Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo. Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri…