Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye
Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo. Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid…
Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO
Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze…
Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi. CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu…
Umunyarwenya Bishop Gafaranga yahawe impano y’imodoka nziza cyane kubera indirimbo BYA BIHE aheruka gushyira hanze- AMAFOTO
Umunyarwenya Bishop Gafaranga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’impano y’imodoka yahawe na Muhire Emmanuel ubarizwa mu Bubiligi ku bw’indirimbo ye “Bya bihe”, iibiganiro by’ivugabutumwa akora n’imikorere ye muri kompanyi akoramo. Tariki 2 Nyakanga 2021, ni bwo Bishop Gafaranga yasohoye…
Reba ikimero cy’umukobwa rutayizamu w’Amavubi Abeddy yasimbuje Miss Umutoni[AMAFOTO]
Rutahizamu w’ikipe y’igihu Amavubi n’ikipe ya AS Kigali yagaragaje umukobwa w’ikimero basigaye bari m’urukundo amusimbuje Miss Umutoni Josiane. Abeddy abanyinyujije ku ri nkonti ye ya Instagram, yashyize ifoto y’undi mukobwa witwa Kagame Vanessa yongeraho akamenyetso k’umutima gakunze kugaranga urukundo….
Miss Uwase Clementine yahawe n’umukunzi we Imodoka yagataraboneka k’umunsi w’isabukuru ye yamavuko [AMAFOTO]
Miss Uwase Clementine uzwi cyane ku izina rya Tina wahagariye u Rwanda muri Miss supranational mu mwaka 2018 ndetse no muri Miss Elite muri 2020 ,yatuguwe bikomeye n’umukunzi we Lukasz Przeniewski amuha impano y’imodoka yakataraboneka kw’isabukuru ye yamavuko. Umwe…
Umuhanzi Kitoko yavuze ku mukunzi we anahishura ko yitegura kurushinga vuba – AMAFOTO
Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa, bwa mbere yavuze ku mukunzi we bitegura kurushinga anahishura igihe ubukwe bwe buzabera. Umuhanzi Kitoko ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze igihe kitari gito mu muziki nyarwanda ndetse bafite abakunzi batari bake…
Ibyo kurya ugomba kwirinda niba wifuza kunanuka
Kugabanya ibiro ntibiba byoroshye, cyane cyane noneho iyo ufite ibiro birengeje urugero. Ibiro birengeje urugero ni ikibazo gikomereye ubuzima, kuko biri ku isonga mu bitera indwara zikomeye nk’izibasira umutima, diyabete, kanseri, kwigunga n’izindi zibasira imikorere y’umubiri. Kugabanya ibiro ukagera…
Gicumbi: Padiri yatunguranye arambika ikanzu hasi asezera ubupadiri ngo ajye kwishakira umugore
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite. Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba, Nzakamwita Servilien, ku…
Ihutire kwisuzumisha virus itera SIDA niba ubonye kimwe muri ibi bimenyetso
Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa. Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose…