Dore uburyo bwiza bwo kuryamamo ibyiza n’ibibi byabwo ndetse n’ubwo ukwiye gucikaho burundu
Ibijyanye no kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo. Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso….
Diamond uherutse kugura imodoka igura umugabo igasiba undi ndetse akaba agiye no kugura indege aba mu nzu akodesha
Buri wese agira amahitamo ye n’intego aba yarihaye mu buzima, uzasanga kenshi hari umuntu abantu besnhi bakurira ingofero ko ari umuherwe afasha n’abatishoboye ariko akaba mu nzu y’ubudoke nk’uko Diamond ari mu bahanzi b’abaherwe ariko nawe aracyari umupangayi n’ubwo ashobora…
Covid-19 yahitanye abantu 11 naho 1309 barayandura
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane abantu 11 bishwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu gihugu uba 704. Abahitanwe n’iki cyorezo n’abagore batanu b’imyaka 79, 72, 52 (Kigali), 65 (Karongi) & 24…
Dore amwe mu mafunguro wakongera mubyo urya niba wifuza kongera uburebure
Ibiryo byongera uburebure cg igihagararo bibaho, nubwo akenshi igihagararo kigenwa n’ibintu bitandukanye, iby’ingenzi twavuga: Akoko (ibi bikomoka ku muryango) Imyitozo ukora Ibiryo urya umunsi ku munsi, kuva uvutse. Uburebure cg igihagararo ni kimwe mu bigaragaza umuntu uteye neza, ikindi…
Ibiribwa ukwiye kwibandaho mu mafunguro yawe muri iyi minsi Covid-19 yugarije isi kuko byongerera ubudahangarwa umubiri wawe
Iyo tuvuze abasirikare b’umubiri cyangwa ubudahangarwa tuba tuvuze insoro zera (globules blancs/white blood cells). Izi nsoro zera nizo zifasha umubiri wacu guhangana n’indwara zinyuranye cyane cyane iziterwa na mikorobi. Ubucye bwazo rero nibwo bushobora gutera umubiri wacu kwibasirwa n’indwara…
Miss Muyango yibasiwe n’abafana nyuma yo guhishura ko yitegura kwibaruka nyamara nta bukwe yakoze
Nyuma y’uko hayasakaye amafoto ya Miss Muyango atwite inda ya Kimenyi Yves nkuru iri hafi kuvuka ntabwo byakiriwe neza ndetse hari na bamwe bamwoherereje ubutumwa bamutuka bavuga ko umuntu nka Nyampinga atakabyaye ikinyendaro, batanze gasopo kubakomeje kubibasira cyane bahamya ko…
Ifoto y’umunsi : Kenny Sol na Ariel Wayz mu rukundo mbere ya Juno Kizigenza
Unkuru y’urukundo rwa Juno Kizigenza Ariel Wayz rwasakaye cyane ku mbugankoranyambaga nyuma y’uko basoye indirimbo “ AWAY”. Umuhanzi kazi Ariel Wayz ari mu bahanzi bavuzwe cyane mu minsi ishize batagiye bavugwa cyane mu nkundo, nyamara amakuru ahari ni uko…
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika. Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu…
Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo
Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19….
Reba umuhanzikazi Lizzo ufite ubunini budasanzwe ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga barimo 50 Cent na P Diddy
Umuhanzikazi Lizzo uri mu bagezweho akomeje kuvugisha abantu benshi barimo P Diddy na 50 Cent. Uyu mukobwa akaba atangaza benshi kubera icyizere yigirira akerekana amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yerekana imiterere ye y’ubunini budasanzwe mu gihe hamenyerewe ko ababikora ari…