Umukwe n’umugeni bapfiriyemo – Abasaga 113 bapfiriye mu nkongi ikaze, 150 barakomereka
Umukwe n’umugeni bapfiriye mu nkongi y’umuriro yahitanye abantu basaga 113 abandi 150 barakomereka, ubwo bari bari mu ibirori by’Ubukwe mu ntara ya Nineveh yo mu Majyaruguru ya Iraq. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki 26 Nzeri 2023 ahagana saa…
Amavubi y’abagore yasezerewe na Ghana atinzwe ibitego 12-0
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yasezerewe na Ghana mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2024 iyitsinze 12-0 mu mikino ibiri nyuma y’uwo kwishyura wabaye kuri uyu wa Kabiri yatsinzwemo 5-0. Mu mukino wo kwishyura wabereye mu gihugu cya…
Perezida Ndayishimiye yasabye abarundi ikintu gikomeye nyuma y’ibihuha bya ‘coup d’Etat’
Kuri iki cyumweru perezida Evariste Ndayishimiye yasesekaye mu gihugu cy’Uburundi nyuma y’igihuha cya ‘Coup d’Etat’ cyakwirakwijwe ubwo yari ari mu mahanga. Inkuru y’ihirikwa ry’ubutegetsi mu Burundi yumvikanye ubwo perezida Ndayishimiye yari ari mu nama muri Cuba aho yavuye akomereza muri…
Inka yahitanye umuntu bakinaga mu mukino utavugwaho rumwe – Impamvu y’uyu mukino
Kuri iki cyumweru inkuru y’akababaro yumvikanye mu mujyi wa Valence mu gihugu cya Espagne nyuma y’aho umugabo watewe ihembe n’impfizi mu mukino wabahuje yitabye Imana. Uyu mugabo w’imyaka 61 yatikuwe ihembe n’impfizi mu isiganwa ryo kuwa gatandatu ryahuje abantu n’amampfizi…
Ibyo Abafana Bakoreye umuherwe wa Chelsea Nyuma Yo Gutsindwa Na Aston Villa Biteye Agahinda- IFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga na mpuzabantu nta kindi kigezweho uretse agafoto k’abaherwe ba Chelsea biruka kibuno mpa amaguru nyuma yo kuvudukanwa n’abafana b’iyi kipe ubwo bari bamaze gucishwa bugufi n’ikipe ya Aston Villa. Ku munsi w’ejo ikipe ya Chelsea izwi nka…
Bugesera: UmunyaKenya ni we wegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023 (AMAFOTO)
Nyuma y’iminsi itatu mu Rwanda hari kubera irushanwa ry’Isiganwa ry’amamodoka “Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023”, kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2023, umunya-Kenya Karan Patel yaciye impaka aba ari we uryegukana ubugira kabiri kikurikiranya. Nyuma y’uko ku munsi wo…
Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo buri mugabo wese akwiye kwirinda
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza…
Ibintu 5 bidasanzwe byaranze igitaramo cyo kwita izina abana b’ingagi ku ncuro ya 19
Kwita izina abana b’ingagi ni igikorwa ngarukamwaka aho abana b’ingagi bavutse muri uwo mwaka no mu mwaka uba watambutse bahabwa amazina (kwitwa amazina) ndetse bakitwa n’abantu batandukanye batoranyijwe higanjemo ibyamamare n’abanyacyubahiro baturutse mu mpande z’isi. Nk’uko bisanzwe muri uwo muhango…
Bitunguranye Rihanna yapfushije mubyara we wari ufite imyaka 28 gusa y’amavuko
Amakuru dukesha Loop Barbados avuga ko mubyara wa Rihanna Tanella Alleyne yitabye Imana mu buryo butunguranye afite imyaka 28 aguye i Barbados. Urupfu rwa Tanella Alleyne ruje nyuma y’imyaka itandatu gusa musaza we Tavon arashwe agahita apfa. Tanella yasezeweho bwa…
Abari bavuye gushyingura bakoze impanuka hapfamo 16
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 mu gihugu cya Uganda imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa. Minibisi yangiritse cyane k’uburyo byasabye ko abaturage bakoresha amashoka kugira ngo bakuremo…