Umugabo yakubiswe n’inkuba ubwo yavumburaga ko umuhungu we ari we umurongorera umugore
Umugabo wubatse wafashe umugore we amuca inyuma n’umuhungu abereye muka se (umuhungu we) yaguye mu kantu hafi yo gupfa, nyuma yo gusoma ikiganiro cya WhatsApp bagiranye kuri terefone y’umugore we. Ukurikije ibiganiro byabo bombi (umuhungu n’umugore), bigaragara ko umuhungu w’uyu…
Benzema kuri sitade ya Al Ittihad yakiriwe nk’umwami w’abami – AMAFOTO
Kuri sitade ya Al Ittihad, King Abdullah Sports City Stadium, byari ibirori ubwo ku munsi w’ejo mu masaha ya nimugoroba Karim Benzema yerekanwaga nk’umukinnyi mushya wa Al Ittihad. Ni umuhango witabiriwe n’abafana benshi cyane b’iyi kipe dore ko bageraga ku…
Ihere ijisho amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]
Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije, aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi nk’aba Miss. 1. Amb.Isimbi Alliance 2.Miss Mutesi Jolly 3. Shaddyboo 4. Miss…
Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro ihigitse APR FC
Rayon Sports izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, mu gihe APR FC izakina CAF Champions League. Iki ni Igikombe cy’Amahoro cya 10 cyegukanywe na Gikundiro iraza guhabwa sheki ya miliyoni 10 Frw. APR FC ifite ibikombe byinshi, yagitwaye inshuro…
Miss Hannah yaba akundana na Eddy Kenzo
Miss Hannah Karema wegukanye ikamba rya Miss Uganda ry’uyu mwaka nyuma y’inkuru zavuzwe ko ari murukundo n’umuhanzi Eddy Kenzo yaciye amarenga ko ari we muhanzi wo mu gihugu cya Uganda yemera kurusha abandi. Ibi yabitangaje mu kiganoro yagiranye na Musogo…
Alliah Cool agiye gushyira hanze Film nshya ikomeje kuvugisha abatari bake – VIDEO
Umukobwa ugezweho muri Cinema mu Rwanda Isimbi Alliance uzwi ku izina rya Alliah Cool yateguje filime nshya yise ‘Good Book Bad Cover’ izagaragaramo ibyamamare bitandukanye. Iyi filime yatangiye gusakazwa henshi kumbugankoranga mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya…
Miss Mwiseneza yongeye kuzamura amarangamutima ya benshi[AMAFOTO]
Miss Mwseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2019 yongeye guzamura amarangamutima y’abafana be ku mbugankoranyamabaga. Miss Mwiseneza Josiane yumvikanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, ryegukanwe na Miss Nimwiza Meghan, mu gihe we yabashije kwegukana…
Agakiriro ka Gisozi kongeye gufatwa n’inkongi y’umuriro
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2023, ni bwo Inkongi yibasiye igice kimwe cy’agakiriro ka Gisozi ahakorera amabarizo, ku buryo umuriro watangiye kototera inzu z’abaturage ziherereye inyuma y’inyubaho izwi nka Umukindo Center. Polisi y’u…
Ariel Wayz mu munyenga w’urukundo n’umusore yasimbuje Juno Kizigenza – AMAFOTO
Umuhanzikazi nyarwanda ufite ijwi ryiza rikunzwe n’abatari bacye hano mu Rwanda Ariel Wayz amaze iminsi umubano udasanzwe n’umusore bicyekwa ko yasimbuje Juno Kizingenza . Iby’urukundo rwa Ariel Wayz n’uyu musore witwa Manzi Felix Sebihogo rwatangiye kugaragazwa ubwo uyu mukobwa yasohoraga…
Nkore iki? Umusore nakundanye na we mbere yanteye inda kandi mfite umugabo
Ndi umugore, ndubatse ariko urushako rwange rurimo ikibazo gikomeye. Mbere yo gushaka umugabo tubana, nabanje gukundana n’umusore, rwose birakomera ndetse twajyaga turyamana ariko ananirwa ubufata icyemezo, jyewe nza gushaka umugabo. Umugabo wange tubana rwose numvaga ko nta we namubangikanya, tubyarana…